mll6y

Follow:
12709 Articles

Ikipe za Police zagize intangiriro nziza muri Shampiyona ya Volleyball 

Ikipe za Police Volleyball Club mu bagabo n'abagore ziri mu zitwaye neza ubwo hakinwaga umunsi wa mbere wa Shampiyona y'Icyiciro…

Operasiyo USALAMA: Hagaragajwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge byafashwe

Inzego z'umutekano, Polisi y'u Rwanda n'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, n'Umujyi wa Kigali bagaragarije itangazamakuru, abantu batandukanye bafatiwe mu byaha birimo gukora…

Ndoli mu batoza bahawe akazi muri APR WFC

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR WFC, bwahaye akazi abatoza batatu bashya barimo Ndoli Jean Claude wakiniye iy’abagabo ya yo. Mu mwaka…

Kigali: Aba ‘Content Creators’ bagiye kuganira uko interineti ibyazwa agatubutse

Abinjiza agatubutse babicyesha imbuga nkoranyambaga, abahanga mu guhanga udushya kuri izo mbuga n’ibyamamare, bagiye guhurira mu musangiro wo kumenyana, kungurana…

Umukino wa APR WFC na Macuba watinze gutangira kubera ambulance

Nyuma y’uko ikipe y’Ingabo izanye Imbangukiragutabara itarimo ibikoresho byose, umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’abagore y’icyiciro cya mbere wayihuje…

APR yatangiye nabi! Ibyaranze umunsi wa mbere wa shampiyona y’Abagore

Mu mukino ufugura shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, ikipe ya APR WFC yari mu rugo, yatsinzwe na…

Musanze: Abajura b’amatungo bakozwemo umukwabu

Mu mukwabu wakozwe na Polisi ikorera mu Karere ka Musanze wo kurwanya ubujura bw’amatungo, hacakiwe abagabo batanu barimo n’uwafatanywe igihanga…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Gaza

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Gaza, gishinja Hamas kugaba ibitero mu cyiswe ihonyora rishingiye…

Abagaba bakuru b’ingabo zirwanira ku butaka bategerejwe mu nama i Kigali

Igisirikare cy'u Rwanda cyatangaje ko cyizakira inama y'Abagaba Bakuru b'ingabo zirwanira ku butaka bo muri Africa n'ahandi ku Isi. Iyi…

Aimable yabonye akazi muri Libya – AMAFOTO

Nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yari agifitiye amasezerano, myugariro wo hagati, Nsabimana Aimable yasinyiye Assabah FC yo mu cyiciro…