mll6y

Follow:
12709 Articles

Ruger wamenyekanye mu ndirimbo Dior agiye gutaramira i Kigali

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, Michael Adebayo Olayinka uzwi nka Ruger agiye gutaramira Abanyarwanda mu kwezi gutaha. Nyuma y’Inama y’abaminisitiri yateranye…

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yatangaje uburyo yaburiye mu nzu ye y’akataraboneka 

Umukunzi wa rutahizamu wa Portugal ukinira Manchester United, Cristiano Ronaldo, Georgina Rodriguez yavuze ko byamutwaye amezi atandatu kugira ngo amenyere…

Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Umuyobozi wa Sosiyete ikomeye mu by’ingufu, Total Energies

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ikomeye ku Isi…

Gasabo: Ushinzwe umutekano yarumwe ugutwi agiye gukiza abashyamiranye

Nsanzumuhire Philemon wari ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Bugarama, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo, yaciwe…

Nyamagabe: Abantu 175 barimo abanduye COVID-19 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga

Polisi ikorera mu Karere ka Nyamagabe,kuwa Gatandatu tariki ya 29 Mutarama 2022, yasanze abaturage 175 mu rugo rw’umuturage basenga kandi…

MissRwanda2022: Abakobwa 9 babimburiye abandi kubona PASS – AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu abategura irushanwa ryo gushakisha umukobwa uhiga abandi mu bwiza bw’inyuma (uburanga) no gusobanura neza ibyo azi…

Kayonza: Ikamyo yinjiye mu rugo rw’umuturage isenya inzu ebyiri

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu, nibwo ikamyo yari ivuye Tanzania yerekeza i Kigali yinjiye mu rugo rw'umuturage isenya inzu…

Charly na Nina, Mohombi n’abandi bategerejwe muri Amani Festival mu Mujyi wa Goma

Abacongomani n'abanyamahanga batuye mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru, guhera tariki ya 04 kugeza kuya 06 Gashyantare bazahurira…

Abarimo abanyamakuru bahuguwe ku gufata neza ibikoresho by’ikoranabuhanga

Bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda ndetse n'abakozi b'imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu , kuri uyu wa Gatanu tariki ya…

JADO Castar yatakambiye Urukiko arusaba ko yahanishwa gutanga amande aho gufungwa

Bagirishya Jean de Dieu yaburanye asaba imbabazi anatakambira Urukiko asaba guhanishwa gutanga amande, n'ubundi yari yaburanye mu mizi mu Rukiko…