mll6y

Follow:
12709 Articles

Izindi ndimi tuzige ariko tumenye ko umwana w’Umunyarwanda adatandukana n’Ikinyarwanda- Bamporiki

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Hon. Edouard Bamporiki yasabye abarezi n’ababyeyi kwibuka ko umwana w’Umunyarwanda akwiye guhora atozwa…

TourDuRwanda 2022: Sandy Dujardin ni we utwaye Etape ya Kigali- Rwamagana

UPDATES: 12h59 Sandy Dujardin wa Total Energie ni we wegukanye agace ka kabiri ka Tour Du Rwanda 22 ku ntera…

Musanze: Bakomeje gushakisha imirambo y’abagore babiri barohamye muri Ruhondo

Abagore babiri bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze barohamye mu kiyaga cya Ruhondo, imirambo yabo ntiraboneka, gusa…

Amb. Masozera yanenze abantu “bagira ubunebwe bwo kuvuga Ikinyarwanda”

Kuri uyu wa Mbere nibwo isi n'u Rwanda byizihije Umunsi Mpuzamahanga w'Ururimi Kavukire, mu kiganiro cyanyuze kuri televiziyo y'igihugu ku…

Perezida wa Turukiya ari mu ruzinduko rw’akazi muri Africa yahereye i Kinshasa

Ku Cyumweru nibwo Perezida Recep Tayyip Erdoğan yageze i Kinshasa ndetse agirana ibiganiro na Perezida wa Antoine Felix Tshisekedi, biyemeje…

Ikipe ya Bandari FC yirukanye umutoza Casa Mbungo André

Nyuma y’amezi 13, Casa Mbungo André wari umutoza mukuru wa  Bandari FC yo muri Kenya yirukanwe n’iyi kipe nyuma yo…

Kamonyi: Abaturage bafashije Polisi gufata moto yambuwe umumotari

Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubujura (Crack down) kuwa Gatanu tariki ya 18 Gashyantare, 2022 bafashe abagabo babiri bakekwaho…

Kiyovu SC iraye ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Police FC

Umukino w’umunsi wa 18, wa shampiyona wabereye kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo Kiyovu SC yatsinze Police FC 1-0 inafata…

TourDuRwanda 2022: Umunsi wa mbere Umunyarwanda waje hafi ari ku mwanya 25

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 20 Gashyantare 2022, ni bwo hatangiye irushanwa rya Tour du Rwanda 2022 rizenguruka igihugu mu…

Amb. Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari

Serubibi Eric wahoze ayobora Ikigo cy'Igihugu cy'Imyubakire (Rwanda Housing Authority) yabwiye Urukiko ko Amb. Gatete Claver ari we watanze amabwiriza…