Manikuzwe Providence ushinzwe gukurikirana ibikorwa by’umushinga wo gutwara intanga z’ingurube muri RAB avuga ko ikigo cya Zipline kigira utudege duto…
Abafite ubumuga bo mu bice bitandukanye by’Igihugu bibumbiye mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya, bishimira ko imibereho yabo yahindutse nyuma…
AfricaNenda na Smart Africa Alliance (SA) byiyemeje gushyigikira gahunda y’ikoranabuhanga mu bucuruzi, uburyo bw’imyishyurire hifashishijwe telephone bikazaha imbaraga isoko ry’ikoranabuhanga…
Inzobere mu burezi zigaragaza ko kunyuza abana mu mashuri y'incuke mu rwego rwo kubatoza gusoma bakiri bato, ari kimwe mu…
Umuhanzi w'umunyarwanda Alpha Rwirangira ahatanye n'abahanzi bakomeye muri Afurika y'Iburasirazuba mu bihembo bya Tanzania Music Awards. Alpha Rwirangira ahatanye mu…
Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr Gerardine Mukeshimana arasaba inzego zose guhagurukira abaguzi b’imyaka batemewe bazwi nk'abamamyi kugira ngo ubuhinzi bube business…
Ikipe y’abagabo y’abafite ubumuga ya Gasabo na Musanze mu bagore nizo zegukanye shampiyona y’abafite ubumuga mu mukino wa Sitball y’umwaka…
Kicukiro: Kuri uyu wa Gatandatu abanyeshuri biga muri Kaminuza yigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo UTB ishami rya Kigali, bakoze igikorwa cy’umuganda udasanzwe…
Urukiko Rwisumbuye rwa Gsabo rwagize abere abagabo 5 barimo rwiyemezamirimo Uwemeye Jean Baptiste nyiri sosiyete y’ubwubatsi ya ECOAT Ltd, bashinjwaga…
Ishyamba kimeza rya Busaga riherereye mu Mudugudu wa Muyebe, mu Kagali ka Ruhango, Umurenge wa Rongi, mu Karere ka Muhanga.…
Sign in to your account