mll6y

Follow:
12709 Articles

Ubuhamya bw’umutoza wa AS Kigali WFC warokokeye i Mibirizi

Umutoza w’abanyezamu ba AS Kigali WFC, Safari Jean Marie Vianney avuga ko kurokoka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ari Nyagasani…

Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya rigenga ubutaka mu Rwanda ritangira gushyirwa mu bikorwa…

Kicukiro: Hon Mukama Abbas yashimiye Inkotanyi zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro habaye igikorwa ngarukamwaka cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni…

Arashinja ibitaro bya Kilinda kumwakira nabi byavuyemo gukurwamo nyababyeyi

KARONGI: Uyu mubyeyi w'imyaka 35 yitwa Mukamazera Berdiane atuye mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Murambi mu Karere ka…

Ubutumwa bw’abayobozi bakomeye ku isi bifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka28

Ku munsi w’ejo nibwo uRwanda rwatangije icyumweru n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.…

Congo yinjiye muri EAC – Kagame ati “Dushyire mu bikorwa ibyo twemereye abaturage”

Umuryango wa Africa y'Iburasirazuba wabonye umunyamuryango wa 7, ni Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida Paul Kagame wagiye i Nairobi…

Abakobwa ba Perezida Putin bafatiwe ibihano by’ubukungu

Ubwongereza bwafatiye ibihano abakobwa babiri ba Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin harimo gufatira imitungo yabo no kubahagarika kugera muri iki gihugu.…

Rulindo: Imibiri 3 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Mvuzo

Imibiri itatu y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakuwe aho yari ishyinguye ijyanwa mu cyubahiro mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Mvuzo, mu…

Kamonyi: Ikamyo yagonze imodoka 9 benshi barakomereka

UPDATED: Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe Umutekano wo mu muhanda, SSP Irere  yabwiye  UMUSEKE ko kugeza ubu abantu 32 ari…

Herman Ndayisaba wakoreraga RBA yitabye Imana

Umunyamakuru Herman Ndayisaba wakoreraga Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) yitabye Imana azize uburwayi. Ndayisaba Herman wari urambye mu mwuga w’itangazamakuru, urupfu…