mll6y

Follow:
12709 Articles

Rusizi: Abarezi bahagurukiye ibura ry’ibikoresho by’isuku y’imihango

Mu bigo by’amashuri abanza bitandukanye byo mu Mirenge yo mu karere ka Rusizi hagaragara abana b’abakobwa batiga neza, cyangwa bagasiba…

P. Kagame yageze muri Jamaica mu ruzinduko rw’akazi

Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yageze mu gihugu cya Jamaica mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.…

Kwibuka28: Rayon Sports yasuye Urwibutso rwa Ntarama rushyinguyemo Abatutsi bazize Jenoside

Ikipe ya Rayon Sports irangajwe imbere n'ubuyobozi bwayo, yasuye Urwibutso rw'i Ntarama mu Karere ka Bugesera rushyinguyemo Abatutsi bishwe muri…

Sengabo Jodas na Kayirebwa bahimbye indirimbo ikomeza abantu mu bihe byo Kwibuka

Umuhanzi Sengabo Jodas afatanyije n'umunyabigwi mu muziki nyarwanda Cécile Kayirebwa, bakoze indirimbo ‘Ngire nte’ igamije kwereka urubyiruko uko rugomba gufata igihugu…

Umugabo wa Mukaperezida arakekwaho gusambanya umwana

Kwizera Evrliste washakanye na Mukaperezida umurusha imyaka 27, yongeye gutabwa muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 16 yakoreshaga mu kabari.…

Karongi: Barasaba guhabwa ingurane ku butaka buzubakwaho icyambu

Ni Abaturage bafite ubutaka ahateganyijwe kuzubakwa icyambu bo mu karere ka Karongi, Umurenge wa Bwishyura, Akagari ka Gasura bavuga ko…

Dr Iyamuremye yaburiye abashaka kugoreka amateka bagamije inyungu za Politiki

Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yaburiye abashaka guhakana no gupfobya Jenoside bitwaje ihame ryo kugaragara ibitekerezo kandi bagamije inyungu…

La Jeunesse yatangiye kugurisha abakinnyi mu Cyiciro cya Mbere

Amakipe yo mu Cyiciro cya Mbere, yabengutse abakinnyi batanu ba La Jeunesse FC yo mu Cyiciro cya Kabiri. Mu gihe…

Ingengabihe y’Igikombe cy’Amahoro mu bagore yagiye hanze

Amakipe y’abari n’abategarugori yo mu Cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri, yamaze kumenyeshwa uko ingengabihe y’imikino y’igikombe cy’Amahoro iteye kuva ku…

Ibya Buteera Andrew wari watijwe AS Kigali byarangiye gute?

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu na APR FC, Buteera Andrew yamaze gusubizwa ikipe yari yamutije muri AS Kigali FC ariko agakomeza kuzongwa…