mll6y

Follow:
12709 Articles

Muhanga: Abadepite babwiwe ibitera urubyiruko gutinda gushinga ingo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Shyogwe bagaragarije Abadepite ko mu gishushanyombonera cy’Akarere nta hantu haciriritse hagenewe imyubakire y’urubyiruko…

Cil Papo impano nshya u Rwanda rwungutse mu muziki-VIDEO

Kundwa Sunny Angelo (Cil Papo) uhamya ko inzozi ze zibaye impamo, yiyongereye ku rutonde rw’abakora umuziki mu Rwanda, nyuma yo…

Ni abasifuzi badohotse? Cyangwa ni igitutu cya FERWAFA?

Mu gihe hamaze gukinwa imikino itandatu gusa ya shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere mu bagabo, abasifuzi bahanwa kubera amakosa…

Umunyamahirwe yateze Frw 500 atsindira miliyoni 1.5Frw

Uyu mukiliya twamwita umuhanga mu gutega! Kuko uyu munyamahirwe yakoze ipari itarakorwa muri uyu mwaka. Yakoresheje uburyo bumwe gusa, intsinzi…

Burera: Umugabo yafatanywe ibiro 20 by’urumogi

Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera, yafashe umugabo wari witwikiriye ijiro akinjiza mu Rwanda ikiyobyabwenge cyo mu bwoko…

Ibipfunsi bigiye kuvuza ubuhuha mu Mujyi wa Kigali

Abakunzi b’umukino w’Iteramakofi mu Rwanda no muri Afurika, baritegura ijoro ry’amateka aho abakina uyu mukino wo guterana ibipfunsi baturuka mu…

Perezida wa FERWAFA yahaye impanuro ingimbi U17 zitegura CECAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yasuye ikipe y’Igihugu y’ingimbi zitarengeje imyaka 17 yitegura kujya mu…

Vision FC yasabwe kwishyura umutoza yirukanye arenga miliyoni 30

Nyuma yo kwirukana uwari umutoza wa yo, Colum Shaun Selby mu mwaka ushize w’imikino 2024/2025, Vision FC yategetswe kumwishyura arenga…