mll6y

Follow:
12709 Articles

Kigali: Polisi yafashe umugabo ukekwaho kwiba moto y’umumotari

Polisi ikorera mu Karere ka Kicukiro, mu Murenge wa Masaka ivuga ko yafashe umugabo witwa Ndagijimana amaze kwiba moto aho…

Dr. Nicodème Hakizimana yamuritse igitabo kiburira Abakristo b’abanebwe

Umwanditsi Dr Nicodème Hakizimana yamuritse igitabo gishya yise “Ubwami bw’Imana si ubw’amagambo”, kigaruka ku mibereho ya muntu n’ubusabane n’Imana. Ni…

Imana ifashe AFC/M23 ikomeze kugeza umutekano muri Kivu – Mgr Ngumbi

Mu gitambo cya misa cyo kwibuka Mutagatifu Anuarita, Musenyeri wa Goma muri Kivu ya Ruguru yagaragaje ko Ashima umutekano uri…

Perezida Ndayishimiye yerekeje i Washington

Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yafashe urugendo rumwerekeza i Washington DC ahazabera umuhango wo gusinya bwa nyuma amasezerano hagati ya…

Abitwaje intwaro gakondo bateye abaturage ku manywa y’ihangu

Muhanga: Itsinda ry’abasore bitwaje intwaro gakondo, bateye abaturage bo mu Murenge wa Kabacuzi bamwe barakomereka. Byabereye mu Mudugudu wa Gakondokondo, Akagari…

Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 arashaka kuba Perezida wa Congo

Mu kiganiro gishya, Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa w'ihuriro Alliance Fleuve Congo yagiranye n'Umunyamakuru wa SBS News, yavuze ko ashaka kuba Perezida…

Menya byinshi ku bayobozi bashyizweho na Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakoze impinduka mu myanya imwe n’imwe y’ubuyobozi, imwe ishyirwamo abayobozi bashya, indi ihindurirwa…

Musanze: Abarya imirima nk’abatapfuna ibishyimbo baburiwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze buranenga abaturage bahura n’ibibazo bagahita bumva ko bikemurwa no kugurisha isambu, bubibutsa ko ibyo bibashora mu…

Ndayishimiye azajya kureba uko Congo n’u Rwanda bisinyana amasezerano

Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayimiye yabwiye Abanyamakuru ko ateganya kujya i Washington kureba uko Congo n'u Rwanda bisinyana amasezerano y'amahoro,…

Rutsiro FC yatandukanye na Bizumuremyi Radjabu

Nyuma y’umusaruro nkene uri muri Rutsiro FC, iyi kipe yamaze gutandukana n’uwari umutoza mukuru wa yo, Bizumuremyi Radjabu wari ukiyifitiye…