mll6y

Follow:
12709 Articles

Kigali: Polisi ifunze umugore ukekwaho “gucuruza urumogi”

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) rikorera mu mujyi wa Kigali, ryafashe umugore witwa Solange w'imyaka 40 afite urumogi …

Ndayishimiye yabeshye Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze uko mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamubeshye ko nta Ngabo z’u Burundi ziri…

Nta bushobozi burenze dufite bwo guhangana n’ibindi bibazo bituruta – Kagame

*Igihugu cyacu n'ibibazo dufite bisaba ko dukora ndetse bidasanzwe *U Rwanda rwasinye amasezrano (ya Washington DC) rubishaka, rubyemera kandi ruzanakurikiza…

AU yasabye abahanganye muri Congo kuyoboka ibiganiro

Perezida wa Komisiyo ya Africa yunze Ubumwe, yasohoye itangazo asaba impande zishyamiranye mu burasirazuba bwa Congo gusubiza inkota mu rwubati,…

Muri 2028 tuzaba turi mu Gikombe cy’Isi – Shema Fabrice

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko we n’abo bafatanyije kuyobora, bafite intego y’uko mu…

Ruhango: Abaturage barishimira ko ubutaka bwabo butagitwarwa n’amazi

Abaturage bo mu karere ka Ruhango barishimira ko ubutaka bwabo butagitwarwa n'amazi yo mu mugezi wa Ururimanza aho iyo amazi…

Uvira – U Burundi bwafunze umupaka wabwo na Congo

Nyuma yaho inyeshyamba za AFC/M23 zifatiye umujyi wa Uvira, muri Kivu y’Amajyepfo, u Burundi bwafunze umupaka buvuga ko bushaka gukumira…

Abatujwe mu Mudugudu wa Munini barashinja Gitifu kubicisha inzara

Nyaruguru: Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Umuko, Akagari ka Ngarurira, Umurenge wa Munini, barashinja Gitifu w’Umurenge kubambura amafaranga…

Jamie Carragher yasabye imbabazi Mohamed Salah

Nyuma y’amagambo arimo kudaha agaciro ibyo yakoze muri Liverpool, Jamie Carragher yasabye imbabazi Mohamed Salah yayavuzeho. Mu minsi ishize, benshi…

Umwe mu bayobozi bo hejuru ba AFC/M23 yarasiwe i Goma

Magloire Paluku wari umujyanama wa Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa wa AFC/M23 yarasiwe i Goma n'abantu bataramenyekana. Amakuru yatangiye gucicikana mu masaha…