mll6y

Follow:
12709 Articles

Umugore yasanzwe mu gikoni yapfuye – harakekwa umugabo we

Rusizi: Abaturage basanze umurambo w'umubyeyi mu gikoni cye, bigakekwa ko yishwe n'umugabo we bari bafitanye amakimbirane. Ibi byago byabaye mu…

Green Party yerekeje amaso ku guhangana n’ubukene no kurwanya igwingira

Abarwanashyaka b’Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party Rwanda) bahize guhangana n’ibibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage, byiganjemo ubukene buterwa…

America yahishuye intwaro idasanzwe yakoreshejwe mu gushimuta Maduro

Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zakoresheje intwaro yitwa ‘Discombobulator’ ikoresha ingufu zidasanzwe mu gitero cyakozwe hagamijwe gushimuta…

Umugaba Mukuru w’Ikirenga yashyizeho umupilote wa Perezida

Perezida Kagame akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w'Ingabo z'igihugu, yashyizeho Umupilote wa Perezida. Itangazo ry'ingabo z'igihugu rivuga ko Perezida Paul Kagame…

Perezida Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Denis Sassou NGuesso

Perezida Felix Antoine Tshisekedi uvuye mu Bufaransa yahitiye muri Congo Brazzaville aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we Denis Sassou NGuesso.…

U Rwanda rwasobanuye aho ruhurira na AFC/M23 “mu by’umutekano”

Mu ijambo Ambasaderi w’u Rwanda muri America, Mathilde Mukantabana, yageneye Komite y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika ishinzwe Ububanyi n’Amahanga, agashami…

RIB yafunze umusore w’umu’diaspora uvugwaho gukora amahano i Kigali

Urwego rw'Ubugenzacyaha, rwafunze umusore ukekwaho kwica mugenzi we amugongesheje imodoka ku bushake. Amakuru avuga ko uwitwa MUGISHA yagonze ku bushake…

CAF CL: Rwanda Premier League yacyeje Al-Hilal SC

Nyuma yo gukura inota rimwe kuri Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo ubwo amakipe yanganyaga ibitego 2-2, Rwanda Premier League…

Ingendo z’indege zahagaritswe! Intambara yarose hagati ya Amerika na Iran

Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko amato y'intambara y'icyo Gihugu yerekeje mu Burasirazuba bwo Hagati,…

Nayigiyemo [Simba SC] kubera amafaranga – Haruna Niyonzima

Haruna Niyonzima wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzania, yavuze ko ubwo yafataga icyemezo cyo kujya gukinira…