mll6y

Follow:
12709 Articles

Bruno Ferry azakora ibyananiye Afhamia Lotfi?

Umutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferry wageze i Kigali, ategerejweho ibisubizo by’ibibazo byose iyi kipe ifite yaba mu kibuga…

Abatoza bashya binjiranye intsinzi muri Rayon Sports

Nyuma y’iminsi mike gusa Rayon Sports itangaje abatoza bashya babiri, yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 12…

Dr. Mugerwa wigisha muri Kaminuza arakomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwatesheje agaciro ubujurire bw'umwarimu muri Kaminuza y'u Rwanda witwa Dr. Theophile Mugerwa uregwa icyaha cy'iyezandonke, rutegeka…

RPF yaravuze ngo tugomba kurwanya ruswa, icyo gitekerezo ntigihinduka – Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta na rimwe Umuryango RPF-Inkotanyi uzageraho ukavuga ngo "twemere ruswa" kubera aho igihe kigeze, yavuze…

Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR – Inkotanyi

Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi mu mavugurura mashya yakozwe mu miterere n’imiyoborere y’uyu muryango. Abanyamuryango bitabiriye…

Ruhago y’Abagore y’u Rwanda irasaba Ubutabera mu basifuzi

Ababarizwa mu makipe akina Shampiyona y’u Rwanda y’Abagore y’Umupira w’Amaguru, barasaba inzego bireba ko abasifura mu Cyiciro cya Mbere baba…

Ruswa ishingiye ku gitsina iravugwa mu mashuri makuru na kaminuza – Transparency

Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda (TIR) igaragaza ko  mu bushakashatsi baherutse gukora basanze mu mashuri hari ahagaragara ruswa…

Ruracyageretse hagati ya Regine na APR WFC

Nyuma y’imyanzuro yafashwe na Komisiyo y’Amategeko n’Imiyoborere mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, yategekaga APR WFC guha ibyangombwa Ihirwe Regine ‘Queen’…

U Bubiligi bwijunditse Congo

U Bubiligi bwagaragaje ko ibyakozwe n'ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo bwafungaga Emmanuel Ramazani Shadary usanzwe ari Umunyamabanga…

Abantu bafite ubumuga bifuza ko bigishwa gukora imishinga ibyara inyungu

Rusizi: Abantu bafite ubumuga bifuza ko bakigishwa imishinga ibyara inyungu, ibigo by’imari bikajya bibagirira icyizere bikabaha inguzanyo. Bamwe mu bafite…