Polisi y'u Rwanda ikorera mu Ntara y'Amajyepfo iratangaza ko abayobozi batatu barimo Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge (Gitifu) wa Rwaniro, mu karere…
Abasore n’inkumi 1903 barangije amahugurwa y'abapolisi bato abinjiza mu kazi ka Polisi y’u Rwanda, bibutswa ko abanyabyaha inzego z’umutekano zihangana…
Ubushakashatsi bwakozwe n’Inteko y’Umuco bwagaragaje ko abanyarwanda 68.2% ari bo basoma ibitabo, naho 31.8% bo ntibabisoma, ibitandukanye n’imibare y’ibarura rusange…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ibihembo ku makipe azegukana igikombe cya Super Coupe 2025, byiyongereye aho byagizwe…
Abatuye muri teritwari ya Nyiragongo n’Umujyi wa Goma bakoze imyigaragambyo bamagana ko abarwanyi ba AFC/M23 bava mu mujyi wa Uvira,…
MUHANGA: Abakora imirimo itanditse bagiye gushyirwa mu matsinda yo kwizigama no kugurizanya. Sendika y’abakora imirimo itanditse mu Rwanda (Syndicat des…
Urwego rw’Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Bahame Hassan, Umuhuzabikorwa w'Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, giherereye mu Karere ka…
Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwagiranye amasezerano yo kwemera icyaha (Pre-bargaining) n'abantu 11 baregwa icyaha cyo gucukura amabuye y'agaciro nta ruhushya, bemera…
RUHANGO: Umurambo rw’umukobwa witwa Umuhoza Adelphine w’imyaka 26 y’amavuko wasanzwe mu icumbi ry’umusore bikekwa ko bararanye. Umuhoza yaguye mu Mudugudu…
Nyuma y’imyaka itandatu isiganwa Mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda , ritagera mu duce turimo utw’i Nyamirambo, irya 2026 rizahanyura. Kuri uyu…
Sign in to your account