mll6y

Follow:
12709 Articles

Rwanda: Ingo zifite amashanyarazi zigeze kuri 85.4% – REG

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG), itangaza ko kugeza ubu ikomeje gutera intambwe idasubira inyuma mu gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage;…

Bamwe babaye Abayobozi! Isango Star yabaye umubyeyi wa benshi

Nyuma y’imyaka 15 ishinzwe nk’Ikigo kigenga cy’Itangazamakuru, Ikigo cya Isango Star kirimo Radio na Televiziyo, cyazamuye abanyamakuru benshi mu bafite…

Abarimu baturutse muri Zimbabwe basabwe kurangwa n’umurava

Umunyamabanga wa Leta muri ‎Minisiteri y'Uburezi, Irere Claudette, yasabye abarimu baturutse mu gihugu cya Zimbabwe kwigisha kinyamwuga ndetse bakarangwa n'umurava…

FERWAFA yiyemeje kubyaza umusaruro Aba-Legends

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryiyemeje kugirana imikoranire n’abahoze bakinira amakipe atandukanye mu Rwanda harimo n’abakiniye ikipe y’Igihugu, Amavubi…

Rwanda: Bwa mbere ibitabo byashyizwe mu buryo bw’amajwi

Inteko y’Umuco n’Inkoranyabitabo y'Igihugu bamuritse ibitabo byashyizwe mu buryo bw’amajwi (audio books), ku nshuro ya mbere, mu rwego rwo koroshya…

Nyifata nk’Umuryango – Miggy kuri APR FC

Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wakiniye ikipe y’Ingabo imyaka icyenda, yavuze ko atayifata nk’ikipe bahuzwaga n’akazi gusa ahubwo ayifata nk’Umuryango we…

Abarokotse Jenoside barenga 300 bahawe serivisi z’ubuvuzi bw’amaso

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bagera kuri 320 bo mu turere twa Nyamasheke na Rusizi, bahawe serivisi z’ubuvuzi bw’amaso…

Impunzi z’Abarundi i Mahama zasoje amasomo yo kubyaza umusaruro impu

Bamwe mu mpunzi z'Abarundi mu nkambi ya Mahama bahawe impamyabushobozi nyuma yo guhugurwa ku kubyaza umusaruro ibikomoka ku mpu, bahamya…

Hasobanuwe impamvu amakipe yo muri Sudani atazakina Igikombe cy’Amahoro

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryavuze ko impamvu Al-Hilal SC na Al-Merrikh SC zo muri Sudani zitari mu makipe…

Ba ofisiye n’abasirikare basoje amasomo yo ku batyaza “mu kazi kabo”

Brigade y’Abasirikari  bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), igizwe na ofisiye ndetse n' abasirikare ku zindi nzego kuri uyu munsi …