mll6y

Follow:
12709 Articles

Perezida Kabila ntiyoroheye Tshisekedi mu jambo rye

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Congo Kinshasa akanasigira ubutegetsi Antoine Felix Tshisekedi yamushinje kuba nyirabayazana w’ibibazo igihugu gifite. Mu ijambo…

Abasirikare bashya batojwe n’ingabo z’u Rwanda basoje amasomo

Perezida mushya wa Mozambique, Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwinjiza mu ngabo abasirikare 525 batojwe n’igisirikare cy’u Rwanda. Aba basirikare…

Volleyball: REG VC yatangiye kwibikaho abakinnyi beza

Mu gihe shampiyona y’icyiciro cya mbere ya Volleyball mu byiciro byombi, yarangiye, amakipe yatangiye gutekereza umwaka utaha w’imikino 2025-2026. Ku…

Hagaragajwe uko Kabgayi yabaye ipfundo ry’amacakubiri yagejeje kuri Jenoside

Mu Kiganiro   Padiri Karangwa Hildebrande  yatanze mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jesoside yakorewe Abatutsi, yavuze  ko  Kabgayi…

‘Bishop Gafaranga’ agiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata mu Karere ka Bugesera rwafashe icyemezo ko Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga  afungwa iminsi 30…

Antonio Guteress yakiriye Intumwa nshya y’u Rwanda muri LONI

Amb. Martin Ngoga yashyikirije Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye. Iki gikorwa…

Ubuki: Ubutunzi, umurage n’iterambere ry’abagore b’i Rutsiro

“Ubuki si ibyo kurya gusa; ni ubuzima, ni ubutunzi, ni umurage. Ni inzira nshya y’abagore benshi bo mu Rwanda yo…

Perezida Kagame yasuye ahacukurwa “Tungsten” mu kirombe cya Nyakabingo

Umukuru w'Igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yagaragaye ari mu kirombe gicukurwamo amabuye y'agaciro ya Tungsten mu karere ka Rulindo, i…

Barifuza ko igiciro cya ‘Casques’ zujuje ubuziranenge kitaba umurengera

Abamotari bo mu karere ka Rubavu bakiranye ibyishimo 'Casques' za moto zujuje ubuziranenge, kuko babonye ko zizongera icyizere cy'ubuzima bwabo…

I Nyabisindu hagiye kubakwa inzu zizakura mu kajagari imiryango myinshi

Umujyi wa Kigali watangaje ko i Nyabisindu mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera hagiye gukomeza umushinga uzasiga imiryango…