mll6y

Follow:
12709 Articles

Omborenga Fitina yasubiye muri APR FC afata nk’iwabo

Myugariro w’iburyo, Omborenga Fitina, yasubiye mu ikipe y’Ingabo afata nk’iwabo nyuma amaze umwaka umwe avuyemo. Muri Kamena 2024, ni bwo…

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ari mu mazi abira

KINSHASA: Ubushinjacyaha bukuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwemerewe n'Inteko Ishinga Amategeko kugeza mu rukiko Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba,…

Minaloc irishimira umusaruro wa “Umurenge Kagame Cup”

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc), iravuga ko yishimira umusaruro umaze kuva mu irushanwa ry”Imiyoborere Myiza ryitiriwe Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame rizwi…

Abayobozi ba PL bahuguwe kuri gahunda mbaturabukungu ya NST2

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana (PL) bwatangaje ko muri gahunda ya politike yaryo harimo gufasha abayoboke baryo kumenya byimbitse gahunda…

Umurenge Kagame Cup 2025: Abanya-Kigali bihariye ibihembo – AMAFOTO

Mu isozwa ry’irushanwa ryitiriwe Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, amakipe ahagarariye Umujyi wa Kigali, yaje imbere mu begukanye ibihembo byinshi. Ku…

Kurera umwana si ibyo guharirwa umubyeyi umwe – Hizihijwe Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika

Mu Rwanda hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’umwana w’Umunyafurika wizihirijwe mu karere ka Rusizi, ubuyobozi bwasabye ababyeyi kwita ku bana no kubarera…

Abahize abandi gutanga amaraso babishimiwe

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso, abagiye bitanga bakayatanga barimo n'abahize abandi bashimiwe, bafatwa nk'intwari zatanze ubuzima, banashishikariza urubyiruko…

Gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya Congo n’u Rwanda si iby’ejo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Jean Patrick Nduhungirehe yavuze ko amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo agifite igihe mbere…

Muhire Kevin yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa Jamus SC

Ikipe ya Jamus SC yo muri Sudan y’Epfo, yerekanye Muhire Kevin nk’umukinnyi wa yo mushya mu gihe cy’umwaka umwe uri…

APR FC yatandukanye n’abakinnyi batandatu

Ubuyobozi bw’ikipe y’Ingabo, bwatangaje ko iyi kipe itazakomezanya n’abakinnyi batandatu barimo Victor Mbaoma na Taddeo Lwanga. Mbere yo kwinjiza abakinnyi…