mll6y

Follow:
12709 Articles

Imiryango yishyize hamwe, YWEN yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Cyahinda

Nyaruguru: Ihuriro ry'imiryango iharanira iterambere n'uburenganzira bw'abagore n'urubyiruko basuye urwibutso rwa Cyahinda. Abagize ihuriro ry'imiryango iharanira iterambere n'uburenganzira bw'abagore n'urubyiruko…

Abasore n’inkumi binjiye mu gisirikare basabwe kurangwa n’ikinyabupfura

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abasore n’inkumi binjiye mu gisirikare kurangwa n’ikinyabupfura gisanganywe abasirikare ba RDF.…

Umuyobozi uherutse gufungurwa yirukanwe mu kazi

NYANZA: Innocent Nzasingizimana, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza, yirukanwe mu kazi…

Prof. Emile Mworoha yitabye Imana

Prof. Emile Mworoha, Umurundi w’inararibonye akaba n’umwarimu wa kaminuza mu mateka, yitabye Imana ku wa 19 Kamena 2025 aguye mu…

Abarimu batazi icyongereza bagiye kwirukanwa

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo kongera abarimu bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye, ariko bateganya…

Ibyo wamenya ku mukino uzahuza FAPA n’abanya-Uganda

Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’abahoze bakinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, rizwi nka “FAPA”, bwavuze ko umukino mpuzamahanga wa gicuti…

Amerika yahawe gasopo ku kwivanga mu bitero bya Iran na Israel

Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga wa Irani, Saeed Khatibzadeh, yatangaje ko niba Amerika yibeshye ikivanga mu bitero bya Israel kuri Irani,…

Muhanga: Ubuyobozi bwagaragaje ibyo bwagejeje ku baturage

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwagaragarije abaturage ibyo bumaze kugeraho mu bijyanye n’ubukungu n’imibereho myiza, ubwo hatangizwaga imurikabikorwa n’imurikagurisha biri kubera…

Ingabire Victoire yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, ukurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi…