U Bubiligi bwatangaje ko bwishimiye isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), buvuga ko…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryahuguye abanyamuryango ba ryo ku kijyanye n’iyubahirizwa ry’amategeko ndetse n’ishyirwa mu bikorwa kw’itegeko rishya…
Isi yose yakurikiye umuhango wo gusinya amasezerano agamije amahoro hagati y'u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ba Minisitiri…
Abazitabira iserukiramuco rifite umwihariko w’imurikabikorwa, rizamara iminsi 41 ribera mu turere twose dukora ku nkengero z'Ikiyaga cya Kivu turimo: Rubavu,…
U Rwannda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zituruka mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zije mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage( EAC…
I Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Kamena 2025, harasinywa amasezerano agamije gushyira…
Ubuyobozi bwa Police Volleyball Club, bwatangije irerero ry’abahungu n’abakobwa rigamije kuzamura no gufasha abato bakina umukino wa Volleyball. Ni umuhango…
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 220,840 barimo abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka…
Nyuma y’ibihano yafatiwe n’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi kubera kutubahiriza ibikubiye mu masezerano yari ifitanye n’abakozi ba yo, Kiyovu…
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, yavuze ko n’ubwo hari ibyo kwishimira mu mushinga wo kuzamura impano z’abato “Isonga-AFD”, icyiciro cya…
Sign in to your account