mll6y

Follow:
12709 Articles

Ruhango: Hubatswe umuyoboro uzaha amazi abarenga 10,000

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwubatse umuyoboro ugamije guha amazi abarenga ibihumbi 10. Uyu muyoboro w’amazi mushya wuzuye, uterwa…

Diogo Jota wari umwe mu bakinnyi beza ba Liverpool yishwe n’impanuka

Umukinnyi wa Liverpool, Diogo Jota ukomoka muri Portugal yapfiriye mu mpanuka y'imodoka nk'uko byemejwe n'ibinyamakuru byo muri Espagne/Spain. Diogo Jota…

AFC/M23 igiye gutangaza ku hazaza hayo

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rigiye gutangaza ku ruhande ihagazeho ku bijyanye n’ibiganiro bya Doha muri Qatar, uyu mutwe umazemo…

Rafael Osaluwe mu mari ziri ku isoko

Nyuma yo gutandukana na Al-Salam Sports Club yo mu cyiciro cya Kabiri muri Arabie Saoudité, Umunya-Nigeria, Rafael Osaluwe Oliseh udafite…

Senderi agiye kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Umuhanzi Senderi International Hit agiye gukora urugendo rw’ibitaramo mu turere 13 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze…

Uturere turasabwa kwigira kuri Bugesera mu guhuza siporo n’ubukungu

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yasabye uturere dutandukanye tw’u Rwanda kwigira ku Karere ka Bugesera mu…

Abakomoka i Rubavu bongeye gutanga ibyishimo kuri Tapis Rouge

Mu irushanwa “Esperance Football Tournament 2025”, ikipe ya Brésil y’abakomoka mu Akarere ka Rubavu, yakatishije itike ya ½ nyuma yo…

Umuyoboro mushya uzageza amazi meza ku barenga 26,000

Nyagatare: Abaturage bo mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare bishimiye kwegerezwa amazi binyuze mu muyoboro utanga amazi meza…

APR FC irimo amasura mashya yatangiye imyitozo – AMAFOTO

Ikipe y’Ingabo irimo amasura mashya, yatangiye imyitozo itegura umwaka w’imikino 2025/2026. Iyi myitozo ya APR FC, yatangiye ku wa gatatu…

U Rwanda rwanenze LONI yongeye kurushinja kwiba amabuye ya Congo

Guverinoma y’u Rwanda yanenze raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (Loni), zongeye gushinja u Rwanda gusahura amabuye y’agaciro ya…