mll6y

Follow:
12709 Articles

M23 irimo kwisuganya ngo ifate Uvira – Inama y’abaminisitiri i Kinshasa

Leta ya Congo yatangaje ko umutwe w'inyeshyamba za M23/AFC ukomeje kwisuganya ngo ufate umujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo. Ibyo…

Umujyi wa Kigali wahaye ubutumwa abatega iminsi AS Kigali

Nyuma ya byinshi byavuzwe ko ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwihanye AS Kigali busanzwe bubereye Umufatanyabikorwa mukuru, Ubuyobozi bw’uru rwego bwatanze…

Bizumuremyi Radjabu mu muryango winjira muri Rutsiro FC

Uwari umutoza mukuru wa AS Kigali WFC, Bizumuremyi Radjabu ari mu biganiro bya nyuma n’ubuyobozi bwa Rutsiro FC aho ashobora…

Abagabo binjiye aho bavugaga ko hari imari kuhasohoka biba impate – ubu barakekwaho ubujura

Nyanza: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y'abagabo bikekwa ko bafatiwe mu cyuho biba ibiri mu bubiko bw'umurenge, igihe bahinjiraga bahasanze abasekirite barabafungurira…

Rubavu: Hagiye kubakwa inzu zirenga 800 zigenewe abasenyewe n’ibiza

Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by'Ubutabazi Maj.Gen (Rtd) Albert Murasira yashyize ibuye ry’ifatizo aho leta y’u Rwanda igiye kubaka inzu 870 zigenewe…

Perezida KAGAME yaganiriye na Uhuru Kenyatta

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Nyakanga 2025, yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa …

Urubanza rwa Avoka uregwa gusambanya umwana rwasubitswe

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwasubitse Urubanza ruregwamo Avocat ukekwa gusambanya Umwana. Isomwa ry’Urubanza ryabaye kuri uyu wa Gatanu Taliki ya…

Abarenga 210 birukanwe mu Rwego Rushinzwe Igorora

Perezida Paul Kagame yasubije mu buzima busanzwe abantu umunani, asezerera babiri ndetse anirukana Assistant Commissioner George Ruterana n'abandi 218, babarizwaga…

Gukorera licence A-CAF mu Rwanda biri gukosha

Mu gihe abatoza batoza umupira w’amaguru mu Rwanda bakomeje gushishakarizwa kwiga no kwagura ubumenyi, gukorera licence A-CAF ifatwa nk’imari ubu…

FERWAFA na CECAFA bahuguye abanyamakuru b’imikino – AMAFOTO

Biciye mu bufatanye bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA n’abashinzwe Itumanaho muri CECAFA, abanyamakuru b’imikino mu Rwanda bahawe amahugurwa y’uko…