Biciye mu matora yabereye mu Nama y’Inteko Rusange yahuje abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Shema Ngoga Fabrice wayoboraga…
Abagize Inama y’Igihugu y’abagore mu Karere ka Kamonyi bavuga ko agaciro Perezida Paul Kagame yabasubije batazagapfusha ubusa. Babivugiye mu nteko…
Ubuyobozi bw’ikipe ya Gorilla FC, bwatangaje Sahunda Pascal nk’Umuyobozi Mukuru wa yo. Iyi kipe yabitangaje ibicishije ku rukuta rwa yo…
Urukiko rw’Ikirenga muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza Paetongtarn Shinawatra, wari Minisitiri w’Intebe, ,kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na Hun…
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uburinzi bwahabwaga Kamala Harris nk’uwigeze kuba Visi-Perezida w’iki Gihugu. Ni…
Abantu barindwi (7) bo mu karere ka Gisagara batawe muri yombi bakekwaho kwica umusaza w'imyaka 77. UMUSEKE wamenye amakuru ko…
Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yateguje indirimbo nshya yise 'Inkota Icuritse', avuga ko ari imwe mu zigize 'Album' yahurijeho abahanzi bafite…
Umunyemari, Masai Ujiri, ufite ishoramari mu mukino wa Basketball akaba yaratangije iserukiramuco rya Giants of Africa rihuza rikanateza imbere urubyiruko…
Ikigo SAFE cyo muri Leta zunze ubumwe za America cyakiriye intumwa zo mu Rwanda n'izo muri Repubulika ya Demokarasi ya…
Sign in to your account