mll6y

Follow:
12709 Articles

UPDATE: Ambulance y’ibitaro bya Nyanza yakoze impanuka irimo abarwayi

Ubuyobozi bw'ibitaro bya Nyanza buremeza ko imbangukiragutabara (ambulance) yabyo yakoze impanuka itwaye abarwayi. Amakuru UMUSEKE wamenye iriya mbangukiragutabara y'ibitaro bya…

Imirimo yo kubaka urugomero rwa Nyabarongo II no guhanga ikiyaga gishya igeze kure

Ministeri y'Ibikorwa Remezo, yasobanuye ko umushinga wo kubaka urugomero rushya kuri Nyabarongo no guhanga ikiyaga gikubye inshuro ebyiri ubunini bwa…

Umwana wafashwe n’indwara idasanzwe yapfuye

Muhanga: Ndinzwenayo Sezerano Divin wafashwe n’indwara idasanzwe agatabarizwa n’umubyeyi we, babwiye ko amuvuje yakira byarangiye apfuye. Hashize icyumweru kirenga Umuhoza…

UPDATE: Hari inkuru nziza ku Banyarwandakazi bari bafungiwe i Burundi ku maherere

UPDATES: Maitre Michella wunganiye aba banyarwandakazi yabwiye UMUSEKE ko ari umunezero, ko ubu baremye cyane. Ati "Ibyagombwa byari bisigaye byabonetse.…

Gasabo: Abantu bane bafatanywe udupfunyika 876 tw’urumogi

Mu Mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo, Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, ryafashe abantu bane…

Twinjirane mu karasisi ka gisirikare kadasanzwe mu Bushinwa

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin na Perezida wa Korea y’Amajyaruguru, Kim Jong Un, ni bamwe bu bayobozi 25 bitabiriye akarasisi…

Rusizi: Byageze aho abajura bandikira umuturage ko bazaza kumwiba

Rusizi: Hari abaturage mu mezi ashize bari barazengerejwe n’abajura babanzaga kwandika ku nzu y’umuturage bamuteguza ko bagiye kuzaza kumwiba ntibamubwire…

Mutamba wakunze kwijundika u Rwanda yakatiwe imirimo y’agahato

RDC: Urukiko rwakatiye Constant Mutamba Tungunga, wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kumara imyaka 3 akora…

Basketball: Abangavu b’u Rwanda batangiye neza Igikombe cya Afurika

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball y’Abangavu batarengeje imyaka 16, batsinze Tanzania amanota 60-41 mu mukino wa mbere w’Igikombe cya…

Muhizi uherutse kugirwa umwere n’Urukiko yandikiye Perezida wa Sena

*Perezida Paul Kagame yategetse ko ikibazo Muhizi afitanye na BNR gikemuka, na n'ubu ntibyakozwe Muhizi Anathole wamenyekanye arega Banki Nkuru…