mll6y

Follow:
12709 Articles

Shampiyona igarutse mu buryo budasanzwe, amakipe azahura mu matsinda 4

Ishyirahamwe ry’Umupura w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda imaze amezi ane ihagaze, izasubukurwa tariki 1…

Muhanga: Imodoka zitwara abagenzi zabaye nke ugana i Kigali agasabwa kwishyura Frw 5 000

Muri gare ya Muhanga, abagenzi babaye benshi, haboneka abantu barimo gucuruza amatike ku ruhande tike imwe barayigurisha Frw 5000 ku…

Rwanda: Polisi yafashe umugore ahita akuramo imyambaro ye asigara ari buri buri

Pilisi y’u Rwanda ivuga ko ku wa Mbere tariki 05 Mata 2021 yafashe umugore ahita akuramo imyambaro ye asigara ari…

Umuryango Rabagirana Ministries watangaje ibikorwa by’isanamutima uzakora mu gihe cy’Ukwezi

Ubuyobozi bw’Umuryango Rabagirana Ministries bwatangaje ko mu gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ku nshuro ya 27,…

Polisi y’u Rwanda iranengwa kuraza Abakwe na Banyirabukwe muri Stade bitabaho mu muco

Umuhanzikazi Clarisse Karasira ari mu banenze icyemezo cyafashwe na Polisi y'Igihugu ubwo yerekanaga abantu barajwe muri Stade barimo Abageni barenze…

Ruhango: Umurambo w’umukecuru utazwi wabonetse ureremba mu cyuzi

Umurambo w'umukecuru utazwi bawusanze mu cyuzi cya AIDER, Ubuyobozi buvuga ko ashobora kuba yiyahuye.   Amakuru twahawe n'Ubuyobozi bw'Umurenge wa…

AMAFOTO: Police FC yasubukuye imyitozo yitegura isubukurwa rya Shampiyona

Ikipe ya Police Football Club yatangiye imyitozo yo kwitegura isubukua rya shampiyona y’umupira w’Amaguru mu Rwanda by’umwihariko ikiciro cya mbere,…

Amb. Munyabagisha Valens wayoboraga Komite Olempike YEGUYE yaregwaga kuyoboza igitugu

Perezida wa Komite Olempike mu Rwanda, Amb. Munyabagisha Valens yeguye ku mirimo ye nyuma yo kumara imyaka irenga ine ku…

TduRwanda2021: Menya Star-Up Nation irimo Chris Froom watwaye Tour De France

Mu gihe amakipe agera kuri 16 amaze kumenyekana ko azitabira irushanwa rya Tour Du Rwanda riteganyijwe gutangira muri Gicurasi, UMUSEKE…

Derek Sano yeruye avuga ku isenyuka ry’itsinda the Active ahuriyemo na bagenzi be 2 

Umwe mu banyamuziki bagize Itsinda rya ACTIVE yaciye amarenga ko iri tsinda ritakibaho ko bahisemo gukora mu nzira zitandukanye n’izo…