mll6y

Follow:
12709 Articles

RIB yafashe 3 bakekwaho kwiba ba nyiri ibibanza bababwira ko bizashyirwamo Umunara

*Abafashwe bavuga ko atari abatekamutwe ko babikuje amafaranga yabayobeyeho Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Mata…

Umuyobozi wa COPCOM bamushinja kwiyongeza manda itemewe akavuga ko COVID ibifitemo uruhare

*Koperative COPCOM ikorera hariya ifite imitungo ya za miliyari z’amafaranga y’u Rwanda *Manda ya komite nyobonzi yararangiye, bibaza impamvu hataba…

Ruhango: Mwarimu arashinjwa kwiyita Avoka agatekera umutwe umukecuru

*Ngo yamwambuye Frw 400, 000 avuga ko agiye kumwunganira mu mategeko Urwego rw'Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rukurikiranyeho Umwarimu witwa Munyakazi Fréderick…

U Rwanda rwasobanuye impamvu rutazohereza iwabo “Abarundi bakekwaho ibyaha”

Hashize iminsi umubano w’u Rwanda n’u Burundi uhembera akotsi ko kongera kuba wamera neza, Abakuru b’Ibihugu byombi bavuga ko hari…

Ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda byateye intambwe bigeze kuri 94.7%

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yatangarije Sena y’u Rwanda ku wa Gatatu tariki 21 Mata 2021 ko ubumwe n'ubwiyunge mu Banyarwanda…

Igisasu cyaturutse muri Syria cyaguye hafi y’ububiko bw’intwaro kirimbuzi muri Israel

Igisasu cyo mu bwoko bwa missile cyasandariye mu Majyepfo ya Israel kuri km 30 hafi y’ahantu hahishe intwaro kirimbuzi za…

Buri mwarimu turifuza ko agira Mudasobwa ye – Min Twagirayezu

Nyamasheke: Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri Abanza n’Ayisumbuye muri Minisiteri y’Uburezi, mu ruzinduko rwe mu Karere ka Nyamasheke ku wa…

African Management Institute and Rwanda ICT Chamber offer business training to 2,000 tech entrepreneurs

The African Management Institute (AMI) and the Rwanda ICT Chamber have signed a one-year agreement to provide business training to entrepreneurs…

Ruhango: Akarere kisubije  ishuri ryigenga kemera no kwishyura miliyoni 40Frw y’umwenda

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bugiye  gusubirana Ishuri Ryisumbuye rya Tekiniki, (Ecole Technique de Mukingi) abarishinze bifuza ko ryegurirwa Umuryango utari…

U Rwanda rwatangaje ku mugaragaro ko ruzakira inama yiga ku byanya bikomye by’Afurika

Leta y’u Rwanda ifatanyije n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Kubungabunga ibidukikije ku isi (IUCN), kuri uyu wa Kabiri batangaje ku mugaragaro…