mll6y

Follow:
12709 Articles

Heriman yinjiye mu nyeshyamba za FLN azi ko azacyurwa n’imishyikirano, yavuze uko yacyuwe n’imvura y’amasasu

*Aburana yemera ibyaha aregwa *Ahakana kuba mu mutwe w’iterabwoba *Uko yabaye umurwanyi wa FLN n’uko yabaye Umuvugizi yabivuze Kuri uyu…

UPDATE: Abafungwa 5 barashwe BARAPFA, amazina yabo n’ibyaha baregwaga byatangajwe

 Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Mata 2021 hamenyekanye amakuru y'iraswa ry'imfungwa 5 "zarashwe zishaka gutotoka", byabereye…

MUNYENYEZI woherejwe na US kuburanira mu Rwanda yitabye Urukiko ku nshuro ya mbere

Kicukiro: Ibi yabivuze ubwo yahabwaga ijambo n’Umucamanza w’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ubwo Munyenyezi yatangiraga kuburanishwa ifunga n’ifungurwa by’agateganyo. Umucamanza umwe…

Byabagamba yasabye kugirwa umwere ku cyaha cyo kwiba telefoni kuko nta muntu umurega

Tom Byabagamba wabaye umusirikare mu ngabo za RDF akaza kunyagwa impeta zose za girikare, yasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kumugira…

Marina yagaragaje ibaruwa ndende yanditse asezera inzu y’imyidagaduro ya The Mane

The Mane Music Label ikomeje kubura abahanzi, Marina na we yanditse ibaruwa ndende asezera muri iyi nzu ifasha abahanzi kuzamura…

Ibinyabiziga byihariye 50% y’imyuka ihumanya ikirere cy’u Rwanda, bisi na moto bifitemo 34%  – REMA

Kuri uyu wa kabiri habereye imurika ry’ibigo na za sosiyete zifite ibisubizo binyuranye  mu bwikorezi budakoresha Lisansi  cyangwa  ibikomoka kuri…

Impunzi 159 zasubiye i Burundi ziri kumwe n’Umuyobozi wa UNHCR wari wasuye u Rwanda

Filippo Grandi ukuriye ishami rya UN rishinzwe impunzi ku isi ku wa Kabiri yagiye i Burundi avuye mu Rwanda ajyanye…

Nyamagabe: Ababyeyi bavuga ko ‘kwirukana abanyeshuri mu gihe COVID-19 ica ibintu biteje ikibazo

Abanyeshuri 9 bigana mu mwaka wa 3 w’ayisumbuye  3 kuri Groupe Scolaire Notre Dame de la Paix Cyanika batumwe ababyeyi…

Muhanga: Abafashamyumvire mu bworozi bagenewe inkoko 5640

Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n'Ubworozi (RAB) cyahaye aborozi b'amatungo magufi inkoko 5640 n'ingurube 5 basabwa kuzishinganisha hirindwa igihombo.…

Gen Ibingira na Lt Gen Muhire bafunzwe ‘bazira kwica amabwiriza yo kwirinda COVID-19’

Ubuvugizi bw’Ingabo z’u Rwanda bwemeje ko abasirikare bazwi muri RDF n’amateka yo kubohora igihugu, Gen Fred Ibingira na Lt Gen…