mll6y

Follow:
12709 Articles

RIB isaba abikekaho ibyaha byo kunyereza imari ya Leta kwibwiriza bakayishyikiriza hakiri kare

Umuvugizi w’Umusigire w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yabwiye Umuseke ko abikekaho ibyaha bagerageza kwijyana kuri ruriya rwego kuko…

Abayislamu mu Rwanda basoje igisibo gitagatifu cya Ramadhan birinda Covid-19

Kuri uyu wa kane tariki ya 13 Gicurasi 2021,Abayislamu bari babukereye mu isengesho ryo kwizihiza umunsi Mukuru wa Eidil-Fit'ri usoza…

Piano Rodrigue undi munyempano mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana

Munyamashara Rodrigue wazanye mu muziki amazina ya Piano Rodrigue ari mu bahanzi bakizamuka bari kugaragaza impano mu muziki wo kuramya…

Nyanza: Abaturage bubatse ku ishuri ribanza rya Ruteme bavuga ko Umurenge wa Kibirizi wabambuye

Abakozi bubatse ibyumba by'ishuri ribanza rya Ruteme riherereye mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza barashinja Umuyobozi w'ishuri rya…

Abo ICRC yafashije bashimira uruhare rwayo mu kongera guhuza umuryango Nyarwanda

Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yatatanyije imiryango bituma na nyuma yayo hari benshi bayirokotse bakisanga ari bonyine batazi aho ababo…

Muhanga: Bibutse abarenga 500 biciwe kuri Paruwasi i Nyabisindu

Itorero ADEPR ku rwego rw'Igihugu ku bufatanye n'Ubuyobozi mu Karere ka Muhanga bibutse Abatutsi barenga 500 biciwe kuri Paruwasi i…

BNR yatangaje ko urwego rw’imari rutahungabanyijwe na Covid-19

Akanama gashinzwe urwego rw'imari muri Banki Nkuru y'u Rwanda kagaragaje ko nubwo icyorezo cya Covid-19 cyazahaje ibyiciro byinshi bigize ubukungu,…

Ikibuga cya stade Amahoro cyabaye gihagaritswe kubera kwangirika

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko ikibuga cya Stade Amahoro cyabaye gihagaritswe kubera kwangirika, imwe mu mikino yari kuzabera kuri iki…

Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bwa Idamange wasabaga kuburanira i Kigali

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipika ruri I Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza…

Davis D na bagenzi be basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Umuhanzi Davis D, Kevin Kade na Habimana Thierry usanzwe akora umwuga wo gufotora, bitabye Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge ngo baburane…