mll6y

Follow:
12709 Articles

Kabgayi: Hamaze kuboneka Imibiri 906 y’abishwe muri Jenoside, Padiri Nemeyimana yatunzwe agatoki

Komisiyo y'Igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG), yavuze ko Padiri Nemeyimana Adalbert ari mu bantu bagize uruhare runini muri Jenoside yakorewe…

Iburengerazuba: Hafashwe udupfunyika tw’urumogi 12,189

Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko mu bihe bitandukanye Abapolisi bakorera mu…

Big Boss urembeye mu bitaro bikuru bya Gisenyi aratabaza

Umuhanzi akaba n'umunyarwenya Habanabashaka Thomas uzwi ku mazina ya Big Boss urembeye mu bitaro bikuru bya Gisenyi mu Karere ka…

Olegue uri i Kigali yasabye Abahanzi b’Abarundi n’abo mu Rwanda gukorana bya hafi

Umuririmbyi w'Umurundi Olegue Baraka uzwi kw'izina rya Delegue General uri i Kigali yeruye ko umuziki w'u  Rwanda uri ku rwego…

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria yaguye mu mpanuka y’Indege

Umuvugizi w’igisirikare cya Nigeria, Brigadier General Yerima Mohammed yatangaje amakuru y'incamugongo y'urupfu rw'Umugaba Mukurru w'Ingabo za Nigeria Lt Gen Ibrahim…

“Ni umubyeyi mwiza uzi kujya inama”, Mutesi Phoibe avuga Mama Nick bakinana muri ‘Iriba Series’

Iyo umuntu akiri umwana aba afite inzozi zo kuzagera kuri byinshi, benshi mu bana bifuza kuzaba Abaganga bakomeye, Abasirikare, Abaminisitiri…

Amakimbirane ahora mu Biyaga Bigari aterwa no kurebera abandi mu moko n’uturere baturukamo

Rusizi/D.RC: Mu bihugu byo mu Karere k'Ibiyaga bigari hahora intambara zidashira, ku itariki ya 21 Gicurasi buri mwaka ni umunsi…

Kenya: Nyuma y’indirimbo ‘Maria’ Tunnel Boy arifuza ko yazakorana na Marina

Umunyarwanda Tunner Boy ukorera umuziki mu Gihugu cya Kenya yasohoye indirimbo nshya yise ' Maria' ahishura ko imwe mu mishinga…

Abakozi ba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu bakomerekeye mu mpanuka

Imwe mu modoka zari kumwe n'iya Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu yakoze impanuka, bamwe mu bakozi ba Minisiteri barakomeraka. Imodoka V8 RAD…

The Same yakoze indirimbo nshya ‘No Stress’ biyemeza kuyobora amatsinda ya muzika mu Rwanda

Itsinda rya The Same rikorera umuziki mu Karere ka Rubavu ryashyize hanze indirimbo nshya bise 'No Stress' batangaza ko bagiye…