mll6y

Follow:
12709 Articles

Byiringiro Lague ntiyasinye muri FC Zürich, azakinira ikipe yo mu cyiciro cya kabiri

Umukinnyi wa APR FC n'Amavubi y'u Rwanda, Byiringiro Lague wari waragiye mu igeragezwa mu Busuwisi ku butumire bwa FC Zürich,…

Rusizi: Abanyeshuri bakoze moto ikoreshwa n’amazi avanze n’umunyu

*Moto yabo ngo yagabanyamo kabiri igiciro cy'urugendo Abanyeshuri bo ku ishuri ry’Urwunge rw’amashuri St Pierre Nkombo, ryo mu Karere ka…

IGP Dan Munyuza yatanze inama zitandukanye ku Bapolisi bari muri Sudani y’Epfo

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kamena Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yasuye Abapolisi bari…

Umushinga wa Green Gicumbi uratanga icyizere ku mibereho y’abaturage

Mu karere ka Gicumbi mu Murenge wa Byumba, abaturage bafashijwe gusazura amashyamba yabo haterwa andi mashyamba, nyuma y’amezi atandatu gusa…

Me Bukuru Ntwali azashyingurwa ku wa Kane, umuryango we uti “impamvu z’urupfu rwe ntabwo tuzireba cyane”

Uyu Munyamategeko wakundaga kugaragaza ibibazo biri mu Burasirazuba bwa DR.Congo, yapfuye ku wa 2 Kamena 2021, “abari Nyabugogo bavuze ko…

Rusizi: Hakozwe umukwabo wo gushakisha abana bavuye mu ishuri

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 08 Kamena 2021, Ubuyobozi bw'Akarere ka Rusizi  n'izindi nzego zitandukanye bazindukiye mu gikorwa  cy'umukwabu…

Mu Rwanda hatangijwe imishinga igamije kurandura ikinyabutabire cya Merikire

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kamena 2021, muri Lemigo Hotel i Kigali habereye inama ijyanye no gutangiza ku…

Perezida Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ruremereye ku itama

Polisi mu gihugu cy'Ubufaransa yataye muri yombi abantu babiri nyuma y'uko umwe mu bigaragambya yivuye mu mitsi agakubita Perezida Emmanuel…

Guhakana no gupfobya Jenoside iyo bikozwe n’uwayirokotse biraremera – Ndayisaba

Muhanga - Mu muhango wo gutangiza ibikorwa by'ubumwe n'ubwiyunge ku rwego rw'Akarere, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y'Igihugu y'Ubumwe n'Ubwiyunge Ndayisaba…

Menya ibintu by’ingenzi bishobora gutera ihindagurika ry’ukwezi k’umugore

Ubusanzwe hari ibyiciro bibiri mu bijyanye n'ukwezi kw'abagore. Hari abagira itariki bagiraho mu mihango idahinduka, ariko kandi hari n’abandi bagira…