mll6y

Follow:
12709 Articles

Umuhanda wahejeje mu bwigunge imirenge itatu hari icyizere ko ugiye gukorwa

Nyamasheke: Umuhanda umaze igihe warahagaritse ubuhahirane bw’imirenge itatu n’akarere ka Rusizi muri uku kwezi k'Ukwakira 2025 haratangira ibikorwa byo kuwushyiramo…

UPDATE: Umukozi w’Umurenge yatawe muri yombi

Muhanga: Ndacyayisaba Ildephonse, umukozi ushinzwe serivisi z’ubutaka mu Murenge wa Rugendabari yatawe muri yombi, ashinjwa kunyereza amafaranga ya Leta. UMUSEKE…

Kit-manager wa AS Kigali yasimbuye Cantona mu Amavubi

Nyuma y’uko akurikiranywe n’Ubugenzacyaha kubera ibyaha akekwaho, Tuyisenge Eric “Cantona”, yasimbuwe na Hakizimfura Ayubu mu ikipe y’Igihugu, Amavubi nk’ushinzwe ibikoresho.…

VISIT RWANDA yinjiye muri America

Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere, RDB rwavuze ko rwagiranye amasezerano yo kwamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda n'ikipe ya LA Clippers,…

Abantu 6 barafunzwe, na ‘Rtd Major Rugamba Robert’ bikekwa ko yahamagajwe

Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Ntara y'Amajyepfo, CIP Hassan Kamanzi yabwiye UMUSEKE ko abantu 6 batawe muri yombi bakekwaho…

Iran yanyonze uwo yita intasi kabuhariwe ya Israel

Umugabo Iran ivuga ko ari intasi kabuhariwe ya Israel yanyonzwe nk’uko ibinyamakuru bitandukanye muri Iran bibyemeza. Uyu mugabo yishwe mu…

Abakandida umunani batangiye guhatanira kuyobora Uganda

Abakandida umunani biyamamariza umwanya wa Perezida muri Uganda batangiye ibikorwa byo kwiyamamaza bashaka amajwi azabaherekeza kugeza muri Mutarama 2026, ubwo…

Ibitero bibiri bya Wazalendo byaguyemo abasirikare ba FARDC

Ibitero by'imitwe ya Wazalendo yahawe intwaro na Perezida Felix Tshisekedi, byahitanye abasirikare ba FARDC, ni mu ruhererekane rw'ubwumvikane buke bumaze…

Amategeko avuga iki iyo umubyeyi utwite apfuye, cyangwa umwana akamupfira mu nda?

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza Itegeko n° 026/2025 ryo ku wa 17 Nzeri 2025 rigenga serivisi z’ubuvuzi, ryasohotse mu Igazeti…

Kinshasa: Ingabo zoherejwe guhangana n’umuvundo w’imodoka

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku itegeko rya Perezida Félix Tshisekedi, yafashe icyemezo gikarishye cyo kurunda ingabo mu…