mll6y

Follow:
12709 Articles

Olivier na Louis barahatanira kuyobora FERWAFA, hanemejwe buri wese n’abo azakorana na bo

FERWAFA yatangaje urutonde ntakuka rw’abemerewe kwiyamamariza kuyiyobora mu matora azaba tariki ya 27 Kamena 2021, abakandida babiri Nizeyimana Olivier na…

Kigali: Umugore w’imyaka 70 uregwa iterabwoba yasabiwe imyaka 20 y’igifungo

Ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka 20 Mukandutiye Angelina, umugore umwe uregwa mu rubanza rw’abandi barwanyi bari muri MRCD-FLN, ndetse na Rusesabagina…

Mugabo wakekwaho gukoresha umugore imibonano mpuzabitsina ku gahato yarekuwe

Mugabo Gariel ukina mu mutima w’ubwugarizi muri Sunrise FC nyuma y’icyumweru afunzwe akurikiranyweho gukoresha umugore imibonano mpuzabitsina ku gahato yamaze…

Min Mujawamariya asanga ihindagurika ry’ikirere rihungabanya imibereho ya muntu

Minisitiri w'Ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yavuze ko ihindagurika ry'ikirere  rigira ingaruka zikomeye ku mibereho ya muntu  bityo ko abantu…

Kigali: Umukozi akekwaho gusiga umwana w’amezi 8 mu ibase irimo amazi, akiba aho yakoraga akagenda

Mu masaha y’igicamunsi ku wa Kane tariki 17 Kamena nibwo umuryango wa Karegesa waguye mu kantu nyuma yo gusanga umwana…

Me Ntaganda ngo uwagiye iwe “akahamara iminota 20 asaka urugo rwe” si umurwayi wo mu mutwe

Me Ntaganda Bernrd yavuze ko umuntu wageze iwe nta burwayi bwo mu mutwe afite ko ahubwo ari umugizi wa nabi…

Ruhango: Abakozi bakosora imihigo baraye mu biro by’Akarere bubakeraho

Bamwe mu bakozi b'Akarere ka Ruhango bavuze ko baraye mu biro by'Akarere kubera gukosora imwe mu mihigo, Ubuyobozi bwifuza kohereza…

Bosco benshi bitaga ‘Connard’ muri Kaminuza y’u Rwanda, ararwana no gutsinsura COVID-19 mu mubiri we

Ntihemuka Jean Bosco benshi bitaga “Bosco Connard” muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu myaka yatambutse bitewe no kuba umwe mu…

Gicumbi: Hari umukoro wo kurwanya igwingira ry’abana mu nkambi ya Gihembe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi buvuga ko buhangayikishijwe cyane n’ikibazo cy’igwingira mu bana, by’umwihariko bugasaba ababyeyi baturiye inkambi kuzirikana ko abana…

Rusizi: Abubatse ku ishuri ribanza rya Rubenga I bazindukiye ku biro by’Umurenge kwishyuza

Ku wa 17 Kamena abaturage bubatse ku mashuri mu Mugugudu wa Rubenga I, Akagari ka Kagara mu Murenge wa Gihundwe…