mll6y

Follow:
12709 Articles

Abantu 9 barimo uruhinja rw’iminsi 5 bishwe na COVID-19

Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko ku munsi umwe COVID-19 yahitanye abantu 9, abanduye bashya ni 741 barimo 217 b'i Kigali. imibare…

UPDATED: Abakiristu na Padiri bari bajyanywe kuri Stade Ubworoherane barekuwe batanze amande

UPDATE: Umuseke waje kumenya ko abantu bajyanywe kuri Stade Ubworoherane y'i Musanze nyuma yo gufatwa n'abashinzwe umutekano bababasanze muri Kiliziya,…

UK: Hagiye gukorwa iperereza ku wafashe amashusho Minisitiri asomana n’inshoreke ye

Minisiteri y'Ubuzima mu Bwongereza yatangaje ko hagiye gukorwa iperereza ngo hamenyekane uwafashe amashusho uwahoze ari Minisitiri w'Ubuzima Matt Hancock ari…

Gen Mubarak yavuze ku mugambi muremure APR FC ifite wo gucuruza abakinnyi

Mu matora y’Umuyobozi wa FERWAFA, Perezida wa APR FC, Lt Gen Mubarak Muganga yagarutse kuri gahunda ndende APR FC ifite…

Gutungurana mu matora ya FERWAFA, Rurangirwa yayikuyemo Olivier atsinda nta nkomyi

Mugabo Olivier Nizeyimana ni we muyobozi mushya w’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yiyamamaje wenyine ndetse atsinda ku bwiganze busesuye.…

Gicumbi: Umusore yakuye igitsina mu ipantalo asohorera ku mugore w’abandi mu isoko rwagati

Umusore w'imyaka 22 wo mu Karere ka Gicumbi mu isoko rwagati rya Gicumbi yakuye igitsina cye mu ipantalo asohorera ku…

Abacuruzaga utubari bugarijwe n’ubukene, barasaba kugobokwa na Leta

Nkuko byagenze ku byiciro bitandukanye by’imirimo n’ubucuruzi, ubucuruzi bw'akabari na bwo buri mu bwakozweho n’ingaruka za Covid-19 kuko abakora ubu…

Kicukiro/Nyarugunga: Abantu 14 barimo uwanduye Covid-19 bafatiwe muri Sauna

Polisi y'u Rwanda yafashe abantu 13 bari muri Sauna n'undi umwe ufite ubwandu bwa Covid-19 wari muri resitora ifatanye na…

Abantu 7 bahitanwe na Covid-19, Abishwe nayo mu Rwanda babaye 411

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Kamena 2021, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu Rwanda abantu barindwi (7) bishwe…

Rusizi: Mwarimu yafatiwe mu cyuho asambanya umunyeshuri yigisha – Uko byagenze

Umwarimu witwa Paulin w'imyaka 35 y'amavuko wigisha muri Groupe Scolaire Saint Nicolas Nyakanyinya mu Murenge wa Mururu yafatiwe mu cyuho…