mll6y

Follow:
12709 Articles

Bishop Gafaranga yafunguwe

Umuhanzi akaba n’umukinnyi wa filime, Habiyaremye Zacharie wamamaye ku izina rya Bishop Gafaranga, wari umaze amezi arenga atanu afunze, yarekuwe…

Perezida Trump yahigitswe ku Gihembo cya ‘Prix Nobel’, Amerika irarubira

Ubutegetsi bwa Leta zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje ko butanyuzwe n’uko Akanama gatanga Igihembo cy’amahoro cya Nobel kagihaye Umunya- Venezuela…

U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles…

APR FC yemeje ko yafatiye ibihano Yussif na Sy

Ubuyobozi bwa APR FC bwemeje ko bwahagaritse iminsi 30 abakinnyi, Dauda Yussif na Mamadou Sy nyuma y’imyitwarire mibi yabagaragayeho ubwo…

Gicumbi: Umuryango watwikiwe mu nzu n’abataramenyekana

Abagizi ba nabi bataramenyekana, bitwikiriye ijoro, batwika inzu y’uwitwa Buntu Christelle wo mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi;…

Minisitiri mu Bwongereza yacyeje u Rwanda ku buryo rusubiza mu buzima busanzwe abahoze muri FDLR 

Baroness Jenny Chapman, Minisitiri mu Bwongereza Ushinzwe Iterambere na Afurika, yashimiye u Rwanda kubwa politiki yarwo ihamye yo gusubiza mu…

TFF yateye utwatsi abasabira Ka-Boy kuvanwa muri ruhago y’Abagore

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Tanzania , ryavuze ko ibirego by’amakipe atandukanye asaba ko Mukandayisenga Jeannine “Ka-Boy” ukinira Yanga Princess ahagarikwa…

Aba-Rayons baguriwe amatike y’umukino w’Amavubi na Bénin

Mu rwego rwo gushyigikira ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rayon Sports na APR FC zisanzwe ari abakeba, zaguriye amatike abafana ba zo…

Perezida Kagame yasinye amasezerano ya miliyoni 95 z’ama-Euro

Perezida Paul Kagame na Perezida wa Komisiyo y'Ubumwe bw'Uburayi, Ursula von der Leyen basinye amasezerano y'ubufatanye afite agaciro ka miliyoni 95…

Abakora mu by’ubwiza barakataje mu kwikiza ibyabagoraga mu kazi

Ishyirahamwe ry’abakora imirimo ijyanye no gutunganya ubwiza n’uburanga by’abantu (Beauty Makers Association (BMA) rigaragaza ko rikomeje kwiyubaka ryikiza bimwe mu…