mll6y

Follow:
12709 Articles

Abanyarwanda 2 n’abanyamahanga bari mu maboko ya RIB nyuma yo gufatanwa amahembe y’inzovu

Kuri uyu wa Gatatu Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abagabo bane barimo Abanyarwanda babiri bakurikiranyweho gucuruza amahembe y'inzovu mu buryo…

Perezida w’u Rwanda n’uwa America bahembewe uruhare bagira mu kurwanya Kanseri

Umuryango mpuzamahanga ushinzwe kurwanya indwara ya Kanseri (UICC), wageneye Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame igihembo cy’umuyobozi wagize uruhare…

Muhanga: Abo mu Mudugudu wa Kabingo batakaga inzara bahawe ibiribwa

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kabingo, mu Kagari ka Nganzo mu Murenge wa Muhanga, bavugaga ko bashonje, bahawe ibiryo. Imiryango…

Twagirayezu woherejwe na Denmark kuburana ibyaha bya Jenoside yavuze ko “bamwibeshyeho”

Twagirayezu Wenceslas aburanira mu Rugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda, yaburanye…

U Rwanda rwashyize umukono ku masezerano yorohereza ikorwa ry’inkingo za Covid-19

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na Banki y’Ishoramari y’u Burayi n’ikigo gikora imiti n’inkingo cya BioNTech, ni amasezerano agamije iyoroshya…

Muhanga: Akarere kasubijwe miliyoni 170Frw ahwanye n’imigabane yose kari gafite muri gare

Kampani ya JALI investment Ltd ishinzwe gutwara abagenzi mu modoka yasubije Akarere ka Muhanga miliyoni 170 z'amafaranga y'u Rwanda kari…

Gicumbi: Abaturiye ahahoze inkambi ya Gihembe barasaba ko ivuriro ryaho ritasenywa

Bamwe mu baturage baturiye ahahoze inkambi ya Gihembe mu Karere ka Gicumbi, barasaba ko ibikorwa remezo byaho bari barubakiwe birimo…

APR FC isubiye mu Barabu, tombola yagaragaje ko izahura n’ikipe yo muri Maroc

Tombola y’ijonjora rya nyuma mu mikino ya CAF Confederations Cup hashakwa amakipe ajya mu matsinda, isize APR FC igomba gusubira…

Bagarutse bushya ! Juno Kizigenza yakoresheje Ariel Wayz mu ndirimbo ye ‘Birenze’

Kwizera Bosco Junior nka Juno Kizigenza yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Birenze’ agaragaramo ari kumwe na Ariel Wayz ndetse bagakinana…

Ibintu tunyuramo mu buzima bwacu, bituyobora ku bintu byiza -Mukunzi Yannick

Nyuma y’imvune ikomeye yo mu ivi yagize ku munsi wo ku wa Gatandatu, Yannick Mukunzi yavuze ko hari igihe ibintu…