mll6y

Follow:
12709 Articles

RBC yafunguye amashami 4 yitezweho gukora ubushakashatsi no guhangana n’indwara zirimo imidido

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima mu Rwanda cyafunguye amashami 4 mashya mu ntara zose mu turere twa Huye, Karongi, Musanze na…

Derby y’Umujyi wa Kigali ku munsi wa Kabiri wa Shampiyona Kiyovu SC irakina na As Kigali

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagabo “Primus National League 2021-2022” irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa kabiri, umukino ukomeye ni Kiyovu…

Ethiopia isumbirijwe irashinja ingabo z’amahanga kurwana ku ruhande rw’inyeshyamba

Nyuma y'imirwano ikarishye ndetse inyeshyamba zikavuga ko zafashe imijyi ibiri ikomeye, Minisitiri w'Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed yavuze ko…

NAME CHANGE REQUEST

Abana 4 babuze muri 2018 imirambo yabo yabonetse iri hamwe mu buvumo

Abana bane bo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu bari bamaze imyaka itatu baraburiwe irengero, imibiri yabo yasanzwe…

U Rwanda rwavuguruye amasezerano yo kwakira abari mu kaga muri Libya

Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amasezerano ifitanye n'Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU) ndetse n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR)…

Inkunga ya Frw 180, 000 bahawe na Croix Rouge yabafashije gutangiza “business nto”

Ngoma: Croix Rouge Rwanda, umuryango utabara imbabare nyuma y'uko icyorezo Covid-19 cyari cyugarije benshi by'umwihariko kigasya kitanzitse ku b'amikoro make,…

RIB ifunze 5 barimo umugore bakekwaho “guca imitwe umukecuru n’umwuzukuru we”

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangaje ko abantu batanu barimo umugore batawe muri yombi bakekwaho kwica umuturanyi wabo n’umwuzukuru we babaciye imitwe.…

AMAFOTO – Areruya Joseph yegukanye isiganwa ryitiriwe Gukunda igihugu

Areruya Joseph ukinira Benediction Ignite ni we wegukanye isiganwa ry’amagare ryitiriwe gukunda igihugu, isiganwa ryakiniwe i Kigali kuri uyu wa…

Afurika si yo iri ku isonga mu guhumanya ikirere, ariko twiteguye kuba mu bashaka igisubizo – P. Kagame

Perezida Paul Kagame ari mu nama ya G20 yagaragaje ko ibihugu bikize ari byo pfundo ry’ihindagurika ry’ikirere, bityo ko Afurika…