mll6y

Follow:
12709 Articles

Ubushinjacyaha bwasabiye Hakuzimana Rashid gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, uko iburanisha ryagenze

*Ubushinjacyaha buvuga ko aribwo buryo bwiza bwahagarika ibiganiro atambutsa kuri Youtube bikurura amacakubiri muri rubanda . *Hakuzimana Abdoul Rashid n’umunyamategeko…

Platini P na Producer Element berekeje muri Nigeria

Umuhanzi Nemeye Platini yerekeje muri Nigeria mu bihembo bya Afrima, akaba yagiye aherekejwe na Dj Brianne ndetse na Producer Element…

Gisozi: Bamaze imyaka itatu basaba guhabwa ingurane nyuma yo gusenyerwa inzu

Bamwe mu bari batuye mu Murenge wa Gisozi,Akagari ka Musezero mu Mudugudu wa Nyakariba bakaza gusenyerwa inzu babwirwa ko batuye…

Byiringiro Lague mbere yo gukora ubukwe yabanje kudubikwa mu mazi y’umubatizo

Rutahizamu wa APR FC, Byiringiro Lague mbere yo gukora ubukwe na Uwase Kelia yabatijwe mu idini bazasezeraniramo. Ni igikorwa cyabaye…

Ubushinjacyaha bwajuriye bwa kabiri busaba ko Cyuma Hassan akurwaho icyaha kimwe

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwajuririye bwa kabri icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyo guhamya iyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan icyaha cyo gukoza…

Perezida Museveni nyuma y’igitero cy’iterabwoba ati “mube maso no mu nsengero musake”

Perezida Museveni yikomye abayobozi b’idini ya Islam bashuka abakiri bato kwiturikirizaho ibisasu, avuga ko abantu nka Sheikh Nsubuga ari ingurube…

EPISODE 26: Superstar akomeje gushaka uko yihorera ku bagabo bamuhemukiye, ibya mbere yateguye birapfuye

Umwanditsi: NIYONZIMA Eric – A rubay writer   Superstar yahise abwira abo bana ati, “Basore banjye rero ndashaka ko munkorera…

Nyagatare: Gitifu w’Umurenge yatawe muri yombi akekwaho gutanga ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karama na Perezida wa Koperative ihinga ibigori ya KOHIIKA, aba…

Basketball: Team Shyaka izakina na Team Ndizeye, umukino w’intoranywa mu bakinnyi beza mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda ‘FERWABA’ ryamaze gutangaza abakinnyi 24 bazaba bari mu mukino w’intoranywa amakipe azaba ayobowe na…

Nyanza: Gitifu waregwaga “Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato” yarekuwe

Ntezirembo Jean Claude wari Umunyamabanga Nshingwakorwa w'Umurenge wa Muhanga, mu Karere ka Muhanga, na Niyomugabo Eric, bareganwa Gukoresha undi imibonano…