mll6y

Follow:
12709 Articles

Inyama z’akanyamasyo zahitanye 7 mu baziriye 

Zanzibar: Abantu 7 bo mu birwa bya Zanzibar ahitwa Pemba bapfuye nyuma yo kurya inyama y'akanyamasyo ikundwa cyane muri kariya…

Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yasoje uruzinduko amazemo iminsi itatu muri Tanzania…

Perezida Kagame yahaye gasopo abayobozi bitwaza inama ntibakemure ibibazo by’abaturage

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yasabye abayobozi  batorewe kujya muri Njyanama z’Uturere gutega amatwi abaturage no gusubiza ibibazo bahura nabyo…

Abayobozi basabwe kwegura cyangwa gukemura ikibazo cy’igwingira ry’abana

Perezida Paul Kagame yasabye Abayobozi b’inzego z’ibanze gukemura vuba na bwangu ikibazo cy’abana bagwingiye, avuga ko Abayobozi bafite abana bagwingiye…

Angeline Ndayishimiye yashimye umusanzu wa “Imbuto Foundation” mu kubaka u Rwanda

Umugore wa Perezida wa Repubulika y’ uBurundi,Ndayishimiye Angeline,yashimiye uruhare rw’Umuryango Imbuto Foundation ndetse na Madamu Jeannette Kagame mu kubaka Igihugu.…

Israel yemeye kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia

Leta ya Isirael yafashe icyemezo cyo kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia bafite benewabo b’Abayahudi. Icyemezo cyafashwe ku Cyumweru tariki…

Min Gatabazi yasabye FERWAFA kwita ku misifurire, bitaba ibyo “Football ntaho igana”

Nyuma y’umukino wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, iyi kipe yo mu Majyaruguru ikaza kubona igitego umusifuzi akacyanga ariko ekemaza…

Perezida Cyril Ramaphosa yamaganye amahanga akomeje gushyira mu kato igihugu cye

Perezida wa Africa y’Epfo yagaragaje ko adashyigikiye icyemezo cy’amahanga akomeje kubuza indege kwerekeza muri icyo gihugu no mu bihugu bituranye…

Abakobwa 2 n’umuhungu bigaga kuri CEPEM barohamye mu kiyaga cya Burera

Amakuru y'inzego z'umutekano yemeza ko abanyeshuri batanu barimo boga mu kiyaga cya Burera bibese bagenzi babo bari bagiye mu mikino…

U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege zigana muri Africa y’Amajyepfo

Ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron bwatumye Inama y’Abaminisitiri ifata icyemezo cyo guhagarika ingendo zerekeza muri Africa y'Amajyepfo nubwo…