mll6y

Follow:
12709 Articles

Ngororero: Abahawe inguzanyo mu Kigega Nzahurabukungu bifuza ko ubutaha yazongerwa

Abaturage bo mu Karere ka Ngororero bahawe inguzanyo mu Kigega Nzahurabukungu, basaba ko iy'ubutaha yava kuri Miliyoni imwe nibura ikagera…

IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL baragufasha kwiga amasomo yazakubeshaho mu gihe gito

Muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bazakwigisha Graphic design, website design na film making mu gihe cy’ukwezi kumwe gusa, ubundi…

Gisagara VC yegukanye igice cya mbere cya ‘Forzza Volleyball Tournament 2021’

Kuri iki Cyumweru nibwo hasojwe igice cya mbere (phase) cya ‘Forzza Volleyball Tournament 2021’ aho mu bagabo Gisagara VC yatsinze…

Eric Nshimiyimana yakoresha amagambo akomeye yiyama Itangazamakuru rivuga umusaruro we muke

Umutoza wa AS Kigali,  Eric Nshimiyimana  avuga ko ikibazo ari Abanyamakuru, nyuma yo kunenga umusaruro muke we. AS Kigali yatangiye…

Jimmy Mulisa akomeje gushakisha impano mu bana bato, ku Gitikinyoni yahabonye 5 beza

Biciye muri Umuri Foundation ya Jimmy Mulisa no mu mushingwa wiswe “ 6 Aside Street Football Tournament 2021", abana 160…

Rtd. Maj Gen Rusoke yagizwe amabasaderi wa Uganda mu Rwanda

Maj Gen (Rtd) Robert Rusoke yagizwe ambasaderi wa Uganda mu Rwanda asimbuye Oliver Wonekha woherejwe guhagararira igihugu cye mu Bushinwa.…

Icyo Minisiteri y’umutekano igiye gukemura mu mboni za Hon.Moussa Fazil Harerimana

Visi Perezida w’Inteko ishingamategeko umutwe w’Abadepite akaba yaranabaye Minsitiri w’Umutekano w'imbere mu gihugu, Hon Sheikh Moussa Fazil Harerimana yatangaje ko…

Gutereta si amafaranga ! Bamwe bati ni “Iby’abifite” Bisunikira abasore bamwe kwifata mu rushako

Abasomyi b’igitabo gitagatifu cya Bibiliya mu itangiriro 2:24. herekana ko ari nk’itegeko ry’Imana ko umusore agomba gusiga umuryango yakuriyemo maze…

Perezida Cyril Ramaphosa yanduye Covid-19 ahita ajya mu kato

Ku Cyumweru Ibiro by’Umukuru w’igihugu muri Africa y’Epfo byatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yanduye Covid-19 ndetse arimo kwitabwaho n’abaganga bavura…

Nyamagabe: Ba gitifu b’Utugari bahawe mudasobwa mu rwego rwo gufasha abaturage

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon. Jean Marie Vianney Gatabazi yashyikirije Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari mu  karere ka Nyamagabe mudasobwa (Computer Laptop) abasaba…