KUBWIMANA Bona

58 Articles

Inshuti igaragara mu byago, Prince Kid na Miss Elsa barasezeranye – AMAFOTO

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid mu myidagaduro ategura irushanwa ry'ubwiza rya Miss Rwanda, yasezeranye imbere y’amategeko na Iradukunda Elsa…

Abarimo Sandrine Isheja na Scovia bahataniye ibihembo mu bagore b’indashyikirwa

Abanyamakuru barimo Sandrine Isheja na Scovia Mutesi, bari mu batoranyijwe mu guhatanira ibihembo byiswe  ‘Rwanda Women in Business Awards’ mu…

Abagore b’indashyikirwa mu Rwanda bagiye guhabwa ibihembo (Awards)

Binyuze mu bihembo byiswe ‘Rwanda Women in Business Awards’ abagore bahize abandi mu kwiteza imbere cyangwa guteza imbere ibigo bakorera…

Ishyamba si ryeru muri KIKAC Music na Mico The Best

Inzu ifasha abahanzi ya KIKAC Music iri mu zikomeye kuri ubu mu Rwanda iravugwamo urunturuntu kubera umuhanzi Mico The Best…

Harmonize ari kunyanyagiza ‘Frw’ i Kigali bamwe bakabifata nko guteza umutekano muke

Umuhanzi Harmonize uri kubarizwa mu Rwanda akomeje kuhakorera udushya dutandukanye, nyuma yo gusaba indangamuntu y’u Rwanda ari kugenda anyanyagiza amafaranga…

Igitaramo cya Demarco I Kigali gikomeje kuzamo kidobya! Ish Kevin yikuyemo

Umuhanzi w’Umuraperi Ish Kevin yatangaje ko atari mu bahanzi bazaririmba mu gitaramo gitegerejwe cy’umuhanzi wo muri Jamaica uzwi ku izina…

Israel mbonyi yasabye Imana kugenderera abahanuzi b’ibinyoma

Umuhanzi Israel Mbonyi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yavuze ku bahanuzi bagezweho muri iyi minsi babeshya bitwaje Imana…

Alyn Sano yarikoroje ku mbuga kubera agakingirizo

Umuhanzikazi Alyn Sano yarikoroje ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma yo gutangaza ko nawe agiye gusohora udukingirizo. Aho yabazaga abamukurikira izina…

Igihano Bamporiki yari yakatiwe cyongereweho umwaka

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco igihano yari yarakatiwe cyongereweho umwaka acibwa n’ihazabu ya miliyoni…

Icyifuzo cya Harmonize ku Rwanda utarabona Umunyarwandakazi bazarushinga

Umuhanzi Harmonize ukomoka muri Tanzania nyuma yo gutangaza ko ari gushaka umugore ukomoka mu Rwanda yongeye kwerekana urukundo akunze igihugu…