KUBWIMANA Bona

58 Articles

Davis D uharaye kwambara imyambaro y’abagore, ari kwibazwaho – Amafoto

Kubona umugabo wambaye ijipo cyangwa ikanzu mu Rwanda ntabwo biba ari ibintu bisanzwe, umuhanzi Davis D we akomeje guteza ururondogoro…

Safi Madiba ukiri mu byishimo bya Divorce yasohoye indirimbo nshya itaka umukobwa

Nta minsi myinshi ishize Umuhanzi Safi Madiba na Judith Niyonizera batandukanye mu buryo bwemewe n’amategeko. Uyu mugabo uri kubarizwa muri…

Vijay, umuhinde wifuza kuzamura ibendera ry’u Rwanda mu muziki iwabo

Umuhanzi w’umuhinde, Vijay Kumar Garg, ukoresha izina rya Vijay mu muziki, yatangaje ko yifuza kwinjira mu ruganda  rw’umuziki mu Rwanda…

Knowless yakoranye indirimbo n’icyamamare Alex Cuba wegukanye Grammy Awards

Umuhanzikazi Butera Knowless yakoranye indirimbo n’umuhanzi w’icyamamare Alex Cuba uri mu bagiye begukana ibihembo bikomeye ku isi harimo na Grammy…

Miss Elsa yujuje imyaka 25, Prince Kid aramutaka

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yateye imitoma umugore we Miss Iradukunda Elsa baheruka gusezerana imbere y’amategeko avuga ko ari…

Icyumweru cy’irushanwa rya Billard muri Musanze rizahemba agatubutse

Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru hateguwe irushanwa rya Billard rizamara icyumweru aho umukinnyi wa mbere uzaryegukana azahembwa ibihumbi…

Ange Kagame yatashye ubukwe bwa Kelly wamamaye ku mbuga nkoranyambaga

Ange Kagame yatashye ubukwe bwa Uwineza Kelly ubarizwa mu itsinda rya Mäckenzies ryamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburanga n'ikimero…

Umunyamideli w’umunyarwandakazi ari mu munyenga w’urukundo – AMAFOTO

Umunyarwandakazi umaze kubaka izina mu kumurika imideli Sandrine ari mu munyenga w’urukundo hamwe n’umuzungu bari gutemberana mu gihugu cya Espagne.…

Mutesi Jolly yavuze ku mwana we, yikoma abantu bagurisha izina rye

Miss Mutesi Jolly yanyomoje amakuru amaze iminsi avugwa ko yaba atwite ahishura ko azabyara umwana umwe mugihe cya vuba gusa…

Umwijima w’ibyo nanyuzemo ntuzambuza ku murikira Isi – Alyn Sano

Umuhanzikazi Alyn Sano yateguje abakunzi be Album ye ya mbere avuga ko ibiyikubiyemo ari ukwereka isi ko azayibera urumuri nubwo…