JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

85 Articles

Inzego z’umutekano zarashe imbogo yari yinjiye mu rugo rw’umuturage

Musanze: Imbogo yatorotse Pariki y'Igihugu y'Ibirunga babura uko bayisubizayo itangiye kwiruka ku baturage iraraswa irapfa. Byabayey ku wa Gatatu tariki…

Mulindwa waragijwe Akarere ka Rutsiro yashimiye Perezida Kagame

Mulindwa Prosper wagizwe Umuyobozi w'Akarere ka Rutsiro yashimiye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame ku cyizere yamugiriye asaba…

U Rwanda rugiye kugura bisi 200 zikoreshwa n’amashanyarazi

Leta y'u Rwanda yasinyanye amasezerano na Vivo Energy yo gutanga bisi zirenga 200 zikoreshwa n'amashanyarazi zizifashishwa mu gutwara abantu mu…

Burera: Abafatanyabikorwa mu iterambere bibukijwe ko umuturage agikeneye umusanzu wabo

Abafatanyabikorwa mu iterambere ry'Akarere ka Burera bashimiwe umusanzu batanga mu iterambere, basabwa gukora cyane kuko abaturage bataragera ku iterambere ryifuzwa…

Musanze: Umubyeyi wibarutse abana batatu akeneye ubufasha

*Ubufasha wabunyuza kuri 0789456341, ibaruye ku mazina ya Julienne Nyiranzabonimpa Nyiranzabonimpa Julienne wo mu Murenge wa Cyuve arasaba ubuyobozi n'abagiraneza…

Musanze: Abanyerondo barahakana ibivugwa ko badaheruka umushahara

Bamwe mu bakora irondo ry'umwuga bo mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze bikomye abavuga ko batagihembwa biturutse ku…

Ubuhamya bw’abafite ubumuga bw’uruhu bashima Leta ko ibafasha kwisanga mu iterambere

Amajyaruguru: Abafite ubumuga bw'uruhu rwera bo mu Ntara y'Amajyaruguru bahamya ko kuba Leta y'u Rwanda yarakoze ibishiboka byose bagakemura ibibazo…

U Bushinwa bwashimye umusanzu wa Wisdom Schools mu burezi mpuzamahanga

Ambasaderi w'Ubushinwa mu Rwanda, H.E Wang Xuekun yishimiye umusanzu Ishuri Mpuzamahanga, Wisdom School rigira mu guteza imbere uburezi n'uburere kuko…

U Rwanda rwafashe ingamba zikomatanyije zo kurandura igwingira mu bana

Leta y'u Rwanda ifatanyije n'abafatanyabikorwa bayo muri gahunda yo kwita no kurengera ubuzima bemeza ko ingamba zihuriweho zizabafasha guhangana no…

Abarenga 1600 basoje muri UTB basabwa kuba umusemburo w’iterambere ry’u Rwanda

Ishuri rya UTB ryatanze impamyabumenyi 1607 ku barirangijemo mu byiciro n'amashami bitandukanye inafungura ku mugaragaro ishami rya Rubavu. Mu muhango…