JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

85 Articles

Rusizi: Umuhanda uhuza u Rwanda n’u Burundi wacitsemo kabiri

Abaturage bo mu Kagari ka Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura, Akarere ka Rusizi, baratabariza umuhanda ubahuza n’Igihugu cy’u Burundi unyuze…

Gakenke: Biruhukije nyuma yo kwegerezwa serivisi za Isange One Stop Center

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Rusasa biyemeje gukumira no kurwanya ihohoterwa iryo ariryo ryose…

Musanzeꓽ Urubyiruko rweretswe amahirwe ari mu kurengera akayunguruzo k’imirasire y’izuba

Bamwe mu rubyiruko rwiga mu mashuri makuru n’ayisumbuye rweretswe amahirwe ari mu kurengera Akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Couche d'Ozone), rusabwa kongera…

U Rwanda rugiye gutangira kubyaza ingufu za Nucléaire amashanyarazi 

Leta y'u Rwanda yinjiye mu bufatanye na Sosiyete yitwa Dual Fluid Energy Inc yo kugerageza kubyaza ingufu za Nucléaire amashanyarazi…

Guverineri mushya w’Amajyaruguru yahawe ibitabo bikubiyemo akazi kamutegereje

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yasabye Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyaruguru gusigasira ihame ry'Ubumwe bw'Abanyarwanda, kubungabunga umutekano kuko ari wo musingi…

Ngororero: Abayobozi bamanutse gucoca ibibazo hasi mu giturage

Ubuyobozi bw'Akarere na Ngororero buvuga ko bwatangije ubukangurambaga bwiswe"Tega amatwi umuturage umwumve umufashe" bugamije kwegera abaturage no kubafasha mu kwita…

Musanze FC yerekanye mu buryo buciriritse abazayifasha muri Shampiyona

Ikipe ya Musanze FC yerekanye abakinnyi n'ubuyobozi buzayifasha muri uyu mwaka wa Shampiyona 2023-2024 abantu batungurwa no kutagaragara kwa ba…

Perezida Kagame yasangije abandi inkuru y’urukundo rwe na Jeannette Kagame

Mu gutangiza iserukiramuco ry'umukino wa Basketball riri kubera i Kigali, Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko Abanyafurika ari umuntu umwe,…

Burera: Abagera ku 15,000 bishyurirwaga Mituweli bacukijwe

Ubuyobozi bw'Akarere ka Burera buvuga ko abaturage bagera ku bihumbi 15 bari basanzwe bishyurirwa ubwisungane mu kwivuza, Mituweli, bacukijwe bagiye…

Ngororero: RIB yaburiye abishora mu byaha byangiza ibidukikije n’iby’inzaduka

Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwaburiye abaturage b'Akarere ka Ngororero bakishora mu kwangiza ibidukije n'ibindi byaha by'inzaduka kubireka kuko abazabifatirwamo bazahanwa nk'uko…