JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

85 Articles

Musanze: Umusaza yimanitse mu mugozi avuye gusangira agacupa n’umukunzi we

Umusaza w'imyaka 70 y'amavuko witwa Hanyurwimfura Andre yiyahuye yimanitse mu mugozi nyuma y'uko yari avuye gusangira agacupa n'umukecuru we. Byabaye…

Musanze: Umusore yishwe mu buryo bwa kinyamaswa

Umugabo wakoraga umwuga wo gutwara abantu n'ibintu ku igare yasanzwe yapfuye, abamwishe bamukase ijosi. Ahagana saa moya za mu gitondo…

U Rwanda rwasinye miliyoni 262$ azakoreshwa mu kuziba icyuho cy’ihindagurika ry’ibiciro

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari IMF, cyumvikanye na Guverinoma y’u Rwanda ku nguzanyo izatangwa mu gihe cy’amezi 14, ifite agaciro ka miliyoni…

Gitifu akurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rwataye muri yombi Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo, mu Karere ka Rulindo, akurikiranyeho gusambanya umwana…

Wisdom Schools bashyize igorora abifuza kuhiga mu mwaka 2023-2024

Ubuyobozi bwa Wisdom Schools buvuga ko bwatangiye kwandika abanyeshuri bashya bazahiga mu mwaka w'amashuri 2023-2024 kandi abazahiga mu mushuri yisumbuye…

Bajyanywe mu bitaro nyuma yo kunywa ubushera

Abantu 79 bo mu Karere ka Gicumbi bajyanywe mu bitaro nyuma yo kujya mu bukwe bakanywa ubushera bikekwa ko bwari…

Imodoka itwaye inzoga yafashwe n’inkongi y’umuriro

Imodoka ya Bralirwa yari itwaye inzoga yahiriye mu Mujyi wa Musanze rwagati, hangirika ibinyobwa byari mu makesi arenga 400. Mu…

Burera: Abayobozi b’amashuri bimuwe aho bakorera kuri “munyangire na munyumvishirize”

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bakorera mu Karere ka Burera baratabaza nyuma yo kwimurwa bakajyanwa kure y’aho batuye, bakavuga ko…

Wisdom Schools yashyize igorora abifuza kuba ABAFOROMO

Ubuyobozi bwa Wisdom Schools buvuga ko bukomeje kwandika no kwakira abanyeshuri bashya bazahiga mu mwaka w’amashuri 2023-2024, kandi ko ubu…

Hatagize igikorwa umuhanda Gatuna-Kigali wahagarika ubuhahirane

Gicumbi: Bamwe mu baturage bakoresha umuhanda Gatuna-Kigali basaba inzego bireba ko zabafasha zigasana uyu muhanda kuko watangiye kwangirika ku buryo…