JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

85 Articles

Musirikare yaguye muri kasho ya Polisi

Burera: Umugabo witwa Musirikare Jean wo mu Murenge wa Gahunga babyutse basanga yaguye muri kasho ya Polisi. Ku Cyumweru tariki…

Nta muyobozi nzaha agahenge hakiri abana bafite imirire mibi- Mugabowagahunde 

Umuyobozi w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yavuze ko nta gahenge azaha abayobozi by'umwihariko abafite aho bahurira n'imibereho myiza y'abaturage, mu gihe…

Inama Nkuru y’Igihugu y’abana yongeye kwerekana ibibazo bikibatsikamira

Inama Nkuru y'Igihugu y'Abana yongeye kugaragazwa ibibazo bikibugarije isaba ko hakongerwa imbaraga mu kubikemura nabo basabwa kwirinda ibibarangaza birimo n'ibiyobyabwenge…

Iyagukanze ntiba Inturo- Min Musabyimana yakebuye abivuruga mu by’amoko

Minisitiri w'ubutegetsi bw'Igihugu, Musabyimana Jean Claude yasabye abayobozi kwamaganira kure icyatuma ubumwe bw'abanyarwanda bwangirika, nk'uko byagaragaye mu Ntara y'Amajyaruguru ubwo…

Musanze: Gusangira iminsi mikuru n’abarembeye mu bitaro babigize umuco

Bamwe mu barwayi batishoboye bamaze igihe kinini mu Bitaro bya Ruhengeri basogongejwe ku minsi mikuru ya Noheli n'Ubunani, basagwa n'ibyishimo…

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 700

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ingabo w'Ikirenga yazamuye mu ntera abasirikare 727 bo mu Ngabo z'u Rwanda…

Abasoje muri MIPC bibukijwe ko gushobora ariko udashobotse nta mumaro

Abanyeshuri basoje amasomo yabo muri Kaminuza ya MIPC iherereye mu Karere ka Musanze, bibukijwe ko kuba barabashije gutsinda neza ibyo…

Gasabo: Abagabo basambanya abana bahawe gasopo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Gasabo ku bufatanye n'inzego z'umutekano, sosiyete sivile, n'abakora mu burezi baravuga ko abagabo basambanya abana bakwiriye guca…

INES Ruhengeri yahize guhindura Musanze igicumbi cy’ubushakashatsi

Kuri uyu w 07 Ukuboza 2023, ubwo Ishuri rikuru rya Ines Ruhengeri riherereye mu Karere ka Musanze ryizihizaga isabukuru y'imyaka…

Nyabihu: Ba Mudugudu bemerewe Telefone amaso ahera mu kirere

Abayobozi b’Imidugudu igize Akarere ka Nyabihu baravuga ko batashimishijwe n'uburyo Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba yabemereye akanabereka telefone za "Smart Phone" bagomba…