JANVIERE NYIRANDIKUBWIMANA

85 Articles

Rubavu: Basobanuriwe ko Umunyarwanda atari igicuruzwa

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwasobanuriye abaturage bo mu Karere ka Rubavu ko ubucuruzi bw'abantu ari icyaha gikomeye gihanwa n'amategeko, kandi…

Hagaragajwe ko hari imvugo zitsikamira uburenganzira bwa muntu

Abantu benshi ntibajya bita kuri zimwe mu mvugo zigaragaza ubuhake cyane ko abakurikiranira hafi iby'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu n'ubutabera, bagaragaza…

Musanze: Hari abagabo batiza umurindi igwingira

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Musanze bashyizwe mu majwi kubera gutiza umurindi igwingira, bitewe no kutita ku gutegurira…

Gakenke: Abagore 50 borojwe ingurube

Imiryango 50 y’abagore bakennye yo mu Karere ka Gakenke yarorojwe ingurube, itangaza ko ifite inyota yo kuva mu cyiciro cy’abakene…

Burera: : Hakenewe inzu 430 mu gukemura ikibazo cy’abadafite aho kuba

Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice, yagarutse ku kibazo gikomeye cy'amazu agera kuri 430 akeneye kubakirwa abatishoboye, asobanura ko umuturage ataba…

Musanze: Hari abavidurira imisarane mu miyoboro y’amazi

Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, babangamiwe bikomeye n’umwanda ukabije n’umunuko w’abahengera…

Musanze: Hatangirijwe umukino uhuza abahungu n’abakobwa

Mu Karere ka Musanze, hatangirijwe umukino mushya mu Rwanda uzwi nka Korfball, uhurirwaho n'abakobwa n'abahungu, ukaba witezweho kuba inkingi ya…

Hari abakobwa babeshywa n’Aba-Diaspora bagacuruzwa hanze

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagaragaje amayeri akomeye akoreshwa na bamwe mu ba-Diaspora babeshya abakobwa urukundo babizeza kubana nabo, bikarangira bisanze…

Urubyiruko rw’i Burera rwasabwe kurya akagabuye

Urubyiruko rwo mu Karere ka Burera, by’umwihariko abatuye mu Mirenge ikora ku mupaka, rwakanguriwe gutungwa n’ibyo rwavunikiye aho kwishora mu…

Abiroshye muri ‘Banki Lambert’ barabogoza

Banki Lambert ni kimwe mu bibazo biteye impungenge mu Ntara y’Amajyaruguru, aho abaturage bishoye muri ibyo bikorwa batakira abahisi n’abagenzi…