Ange Eric Hatangimana

968 Articles

Umugore w’intwari wapfuye asohora umwana mu nzu irimo gushya, yashyinguwe

Kayonza: Urupfu rwa Umugwaneza Jeanne Francoise n’umwana we Hirwa Aime Corneille, rwashenguye abatuye i Kayonza na benshi bumvise inkuru ye…

“Ingamba zafashwe”, RDF yarashe ku ndege y’intambara ya Congo (Video)

Itangazo rya Guverinoma y'u Rwanda rivuga ko ingamba z'ubwirinzi zafashwe nyuma y'uko indege ya gisirikare ya Congo yongeye kuvugera ikirere…

Rwanda: Umugororwa wahawe igihano kiruta ibindi yatorotse gereza irinzwe cyane

Umugororwa ukomoka mu karere ka Gisagara wari ukatiwe igihano cy'igifungo cya burundu yatorotse gereza ya Nyanza, irinzwe cyane. RCS, urwego…

Inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta ya Congo, bari kurwanira muri RUTSHURU

Mu masaha yo ku manywa kuri uyu wa Kabiri, imirwano yahereye mu gitondo yari igikomeje mu bice bitandukanye byo muri…

Bamporiki yatawe muri yombi ajyanwa muri Gereza – Official

Bamporiki Edouard, wabari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Urubyiruko n'Umuco, nyuma yo gukatirwa imyaka itanu y'igifungo, kuri uyu wa Mbere…

Congo iragaragaza ko idashaka ko amahoro agaruka – Alain Mukuralinda

Nyuma y'uko Perezida wa DR.Congo, Felix Tshisekedi ku munota wa nyuma atitabiriye ibiganiro byari kumuhuza na Perezida Paul Kagame, Umuvugizi…

Tshisekedi yanze kujya mu biganiro byari kumuhuza na Perezida Kagame

Kuri uyu wa Mbere hari hateganyijwe ibiganiro bihuza intumwa z’u Rwanda n’iza Congo by’umwihariko Abakuru b’ibi bihugu, amakuru avuga ko…

Gen Muhoozi yasabye abamukubise ari impunzi kumusaba imbabazi

Mu butumwa bwongera gushotora abaturage ba Kenya, umuhungu wa perezida Yoweri Museveni, yavuze ko noneho ingabo za Uganda zafata Kenya…

Ntwali Williams wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye “yishwe n’impanuka”

Umunyamakuru Ntwali John Williams wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye, umuryango we wamenyeshejwe ko yapfuye azize impanuka. Bisa n’ibyatunguranye mu matwi y’Abanyamakuru ku…

Umugore w’i Kinyinya wishe umugabo we afatanyije na basaza be yarize mu Rukiko

Mukamazimpaka Shanitah wahamijwe icyaha cyo kwica umugabo we afatanyije na basaza be babiri, bagakatirwa igihano cya Burundu, yatakambiye Urukiko Rukuru…