Ange Eric Hatangimana

968 Articles

Itangazo rya Guverinoma ku rupfu rw’abantu 11 bishwe n’ubwanikiro bw’ibigori

Guverinoma y'u Rwanda yifatanyije n'imiryango y'abantu 11 bishwe n'impanuka y'ubwanikiro bw'ibigori bwabagwiriye, mu Karere ka Gasabo. Itangazo rivuga ko nyuma…

Umukecuru wandikiye Perezida akarengane ke, yaburaniye i Nyanza aregwa inyandiko za Gacaca

Urugereko rw’Urukiko Rukuru rukurikirana ibyaha ndengamipaka rwaburanishije urubanza rw’ubujurire, Ubushinjacyaha buregamo umukecuru witwa Nkundabanyanga Eugenie, rufitanye isano n'inyandiko zo mu…

Rwanda: Umwana uregwa gucuruza urumogi akatiwe igihano gisubitse

UPDATE: Nyuma y'igihe umwana w'imyaka (14) afashwe agafungwa, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rwe mu muhezo, rumukatiye imyaka ibiri isubitse…

Amabanga ku rupfu rw’umugenzi wateze Volcano Express imusiga nzira

Tekereza kuba uri umunyeshuri wavuganye n’umubyeyi wawe, akubwira ko ahagurutse i Nyanza aje kugusura, nyuma wajya kubaza sosiyete yamutwaye, bakaguha…

Nyanza: Umuturage arishyuza Umurenge inka ye yibwe ikabagwa, ubuyobozi bukayitwika

Umuturage avuga ko yibwe inka, abayibye bakayibaga bakayijugunya nyuma ubuyobozi bw'Umurenge bugategeka ko itwikwa, ngo uwamwibye arahari ntiyakurikiranwe. Kabandana Venuste…

UPDATE: Igitero ku butaka bwa Israel cyaguyemo abantu 7

Abantu 7 byemejwe ko bishwe mu gitero cyabereye ku rusengero mu Burasirazuba bwa Jerusalem, abandi bakomeretse. Iki gitero cyabaye mu…

Abafana ba Arsenal baheruka kuyifungirwa bagize icyo basaba Perezida Kagame

Abafana ba Arsenal baharuka gufungwa bazira kwishimira ko ikipe yabo yatsinze Manchester United, basabye Perezida Paul Kagame kubafasha bakajya kureba…

Urukiko rwategetse umukobwa kwishyura impozamarira umusore yababaje

Urukiko rwo muri Uganda, rwanzuye ko umukobwa yishyura impozamarira umusore bari bemeranyije kubana akaza kumubenga, iyo mpozamarira ijyanye n’agahinda yamuteye.…

Mu magambo y’Ikinyarwanda Minisitiri wo muri Togo yahaye ubutumwa Abanyarwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Togo, Robert Dussey, yanditse ubutumwa mu Kinyarwanda cyiza  agaragaza uburyo yakiriwe anashima imiyoborere ya Perezida, Paul…