Abagore bo mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza basabwe kwimakaza umuco w'isuku mu ngeri zose. Ubwo mu karere…
Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid byari biteganijwe ko azaburana ku wa 10 werurwe 2023, ku Rukiko Rukuru ubujurire, gusa…
Impande zihanganye muri Congo zikomeje gutungana urutoki rumwe ruvuga ko urundi rwishe agahenge ko guhagarika imirwano. M23 ku Kabiri tariki…
Umubare w'abantu barenga 20 bajyanywe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kunywa amata muri restaurant mu mujyi wa Ruhango. Ntiharamenyekana icyanduje…
Igisirikare cy’u Rwanda cyasohoye itangazo rigaragaza akababaro cyatewe n’urupfu rwa (Retired) Gen Gatsinzi Marcel wabaye Minisitiri w’Ingabo, mu butegetse bwa…
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwatangaje ko rushakisha umugabo witwa SEBANANI Eric bahimba KAZUNGU, uyu akekwaho kwica nabi umugore we. RIB ivuga…
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, baramuvaga ko nta rwitwazo na rumwe afite ngo abe yasubika amatora muri kiriya…
Umutwe wa M23 watangaje ko uhagaritse imirwano nyuma y'ibiganiro wagiranye na Perezida wa Angola Joao Lourenco. Byari byatangiye guhwihwiswa ko…
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko Minisitiri w’Intebe, Rishi Sunak yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida Paul Kagame baganira ku ngingo zitandukanye.…
Sign in to your account