Ange Eric Hatangimana

968 Articles

Ku bihano America iherutse gufata ishobora kongeraho “kwimana visa”

Ibiro bya Leta ya America bishinzwe politiki mpuzamahanga bishobora kuba abayobozi bo mu Rwanda uburenganzira bwo kujya muri icyo gihugu…

AFC/M23 yakomeje gufata uduce muri Mwenga

Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo, muri Kivu y’Amajyepfo yemeza ko inyeshyamba za AFC/M23 zafashe uduce turi mu misozi muri…

Ingabo za America nizize turazitegereje – Minisitiri wa Iran yavuze ko badafite ubwoba

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yatangaje ko igisirikare cy'igihugu cye kiteguye intambara yo ku butaka na America ifatanyije…

Indege y’intambara y’Ubuhinde yaburiwe irengero

UPDATES: Igisirikare kirwanira mu kirere mu Buhinde cyemeje ko indege yacyo ya Sukhoi (Su-30MKI) yari mu myitozo, yaguye mu gace…

Gen Makenga byavugwaga ko “yarashwe” yagaragaye yinjiza abarwanyi muri AFC/M23

Abarwanyi bashya 1,518 binjiye mu mutwe udanzwe mu ngabo za AFC/M23 barangije amasomo yabo i Rumangabo. Gen Sultani Makenga ni…

Huye: Umugabo wishe nyirarume amuziza avoka ashobora guhanishwa burundu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w'imyaka 31 ukekwaho kwica nyirarume  w’imyaka 45 amuteye icyuma mu gatuza. Icyaha…

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidali ya Loni mu rwego…

Nyamasheke: Mu mirenge haracyari imbogamizi y’imihanda idakoze n’ibiraro byangiritse

Abaturage bo mu mirenge itandukanye bavuga ko babangamiwe n’uko ubuhahirane bwo mu mirenge iwabo bugoranye bitewe n’uko imihanda ibahuza, kimwe…

Ingaruka z’intambara – U Rwanda rwiteguye gufata ingamba ngo ibiciro bitazamuka

Abayobozi bashinzwe ubukungu n'ubucuruzi batangaje ko intambara iri muri Iran ishobora kugira ingaruka ku biciro by'ibikomoka kuri petrol na Gaz,…

Ibihano bya Amerika kuri RDF bibogamiye ku ruhande rumwe – Guverinoma

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zafatinye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) na bamwe mu basirikare…