Ange Eric Hatangimana

968 Articles

NAME CHANGE REQUEST

Uburusiya burashinja Ukraine kurasa ikiraro gihuza Crimea n’ibindi bice

Intambara y’Uburusiya na Ukraine irakomeje, ubu Ukraine ni yo yubuye ibitero simusiga bigamije gusubiza inyuma Abarusiya no kubirukana mu bice…

Kigali: Abagabo babiri bafatanywe inzoga za magendu z’agaciro karenga miliyoni 21Frw

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu (ASOC), ryafatanye abantu babiri magendu y'inzoga zo mu bwoko butandukanye bwa…

Ikibazo cy’ibyihebe muri Mozambique kimaze gukemuka kuri 80% – Kagame

Perezida Paul Kagame yashimye ubufatanye buri hagati ya Mozambique, ingabo z'u Rwanda n'iz'Umuryango wa Africa y'Amajyepfo, SADC mu kurangiza ikibazo…

NAME CHANGE REQUEST

Umugabo wigambye ko akorana n’ibyihebe bya ADF yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Uganda zafashe umugabo witwa Kalenzi Resto wagiye ku mbuga nkoranyambaga akigamba ko ari umwe mu bashyigikiye umutwe…

Kayishema arashaka gusaba ubuhungiro muri Africa y’Epfo

Abunganira Umunyarwanda Fulgence Kayishema bavuze ko yifuza gusaba ubuhungiro igihugu cya Africa y’Epfo. Uyu mugabo yamaze imyaka irenga 22 yihishahisha…

Uganda: Ubujura bwitwaje intwaro bwaguyemo umupolisi

Polisi ya Uganda yatangaje ko umupolisi yarashwe n’umujura amutwara magazine y’amasasu. Raporo ya Polisi ivuga ko hari gukorwa iperereza ku…

Perezida Museveni ntakigaragaza ibimenyetso bya Covid-19

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yatangaje ko atagifite ubwandu bwa Covid-19. Hari hashize iminsi igera kuri 11 abaganga bagaragaje ko…