Ange Eric Hatangimana

968 Articles

Moses Turahirwa yasabwe gusobanura icyamuteye kwiyita umugore kandi ari umugabo

Urubanza rwa Moses Turahirwa washinze inzu ihanga imideli ya (Moshions) yireguye ku byaha aregwa birimo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko…

UPDATED: Arsenal irarusha Manchester City amanota 9

Saa 00h10: Umukino wari witezwe na benshi mu bakurikira Shampioyona yo mu Bwongereza, urangiye West Ham ihagamye Manchester City, yashakaga…

DRC – Abashinwa n’ingabo za Congo bahuye n’akaga muri Ituri

Umutwe w'iterabwoba wa IS wigambye igitero cyibasiye abakozi ba sosiyete y'Abashinwa icukura zahabu muri Congo Kinshasa, ndetse n'ingabo zari zishinzwe…

Uburusiya bwagabye ibitero biremereye kuri Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy arashinja Uburusiya kwitwikira inyuma y'intambara ibera muri Iran, akagaba ibitero bikomeye ku gihugu cye. Ijoro…

UPDATE: Indege y’igisirikare cya America yaguyemo abantu 6

UPDATED 20h06: Abandi bantu babiri bari mu ndege ya America yahanukiye muri Iraq na bo bapfuye nk'uko byemejwe n'ubuyobozi bw'Ingabo…

Umugabo wo muri Ghana yahamwe n’icyaha cyo kwiba miliyoni 10$ muri America

Ambasade ya America muri Ghana yemeje ko uwitwa Derrick “Van” Yeboah ukomoka muri Ghana yahamwe n’icyaha cyo gutuburira abakecuru n’abasaza…

Updated: RIB yafunze umugabo n’umugore we bakurikiranyweho kwica abantu

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Ndayisaba Félicien n’umugore we, Imanishimwe Rebecca bakurikiranyweho kwica abantu batatu. Ni umuryango utuye mu Murenge wa…

Ibyamenyekanye ku rupfu rw’abagabo 4 bo muri Muhanga

Muhanga - Abaturage n'Ubuyobozi bari mu kiriyo nyuma y'uko abagabo bane bishwe n'umuvu wabasanze aho bacukuraga imicanga kugira ngo babone…

Gen Nyakarundi yaganirije ingabo zigiye Mozambique

Maj Gen Vincent Nyakarundi, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare ba RDF…

Rwanda – Abarundi b’impunzi bakomeje gutahuka ku bushake

Minisiteri y'Ibikorwa by'Ubutabazi n'Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi, UNHCR Rwanda batangaje ko impunzi z'Abarundi 74 zatahutse iwabo ku bushake. Iki…