HABIMANA Sadi

1310 Articles

Hasojwe shampiyona y’Abafite Ubumuga bwo kutumva no kutavuga

Ubwo hasozwaga shampiyona y'Abafite Ubumuga bwo kutumva no kutavuga, Centre des Jeunes Sourds-Muets de Butare yihariye ibihembo mu byiciro bitatu…

Nasri yatandukanye na Flash yari amazeho imyaka umunani

Umunyamakuru w'imikino, Nsanzamahoro Fred wamanyekanye nka Nasri mu mwuga w'itangazamakuru, yaguzwe na B&B Umwezi izwiho kugira abanyamakuru beza. Ku wa…

Minisitiri Munyangaju yasabye Amavubi kuzumvisha Mozambique

Ubwo yasuraga ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umupira w'amaguru, Amavubi, Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa yasabye abakinnyi kuzaha ibyishimo Abanyarwanda…

Hotel Mater Boni Consilii yemerewe kwakira amakipe y’Ibihugu (Amafoto)

Nyuma yo kubura amahirwe yo kwakira amakipe y'Ibihugu ndetse n'abasifuzi Mpuzamahanga kubera ubushobozi buke, Ubuyobozi bwa Mater Boni Consilii Hotel…

Amakipe 16 ni yo azakina Agaciro Pre-season tournament

Mu gihe habura iminsi mike ngo hatangire irushanwa rifasha abakinnyi basoje shampiyona, Agaciro Pre-season tournament 2023, amakipe azitabira yose yamaze…

Arsène uvura AS Kigali yafunguye ivuriro rifasha abakinnyi

Nyuma yo kuba avura ikipe ya AS Kigali, Rugumaho Arsène yafunguye ivuriro ryitezweho kuzajya rifasha abakinnyi ku bibazo by'imvune bagirira…

Abanyamuryango ba Kiyovu Sports batumiwe mu Nteko Rusange

Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sports bubicishije mu ibaruwa bwandikiye abanyamuryango b'iyi kipe, bwabatumiye mu Nama y'Inteko Rusange izashyiraho Ubuyobozi bushya.…

Kiyovu Sports yabonye umutoza mushya

Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sports bwatangaje ko iyi kipe yamaze kubona umutoza mushya ukomoka ku Mugabane w'i Burayi. Nyuma yo…

Ferwafa yasohoye Ingengabihe ya 2023/2024

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, ryagaragaje Ingengabihe y'amarushanwa ritegura ya 2023/2024 irimo ko shampiyona y'Icyiciro cya Mbere izatangira muri Kanama.…

Ni we uzarokora ruhago Nyarwanda? Ferwafa yemereye Gacinya kwiyamamaza

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, ryemeje ko Gacinya Chance Denys yemerewe kwiyamamariza kujya muri Komite Nyobozi nshya ya y'iri shyirahamwe.…